spot_img

Umwe mu bahanzi hano mu Rwanda bamaze kubaka izina ndetse banakunzwe cyane Mico The Best we n’umugore we bari mubyishimo bikomeye ni nyuma yo kwibaruka umwana wabo wa kabiri,
Mico The Best yagize ati:”Umwana w’umuhungu yavutse mudufashe tumwakire dushimire Imana kubana natwe”.

Mico The Best yamenyekanye mu ndirimbo zigiye zitandukanye nka save the date, amabiya, igare n’izindi ndetse usibye kuba ari umuhanzi n’umukinnyi wa filime ndetse akaba anandika indirimbo akazigurisha dore ko yanditse indirimbo Saa moya yahaye Bruce Melody ndetse ikaza no kwamamara cyane.

Check out other tags:

Most Popular Articles