spot_img

 

KurI UYU WA 22 kanama 2024 nibwo hongeye kugarukwa kukibazo cy’ubushita bw’inkende kibasiye ibihugu byo muri Eastern Africa harimo nigihugu cy’u Rwanda.

Icyi cyorezo Mpox cyageze murwanda kuwa 26 Nyakanga 2024 nibwo hagaragaye abantu bambere banduye iyi ndwara ya Mpox yari imaze igihe gito igaragaye muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(DRC), Byongeye kugarukwaho mu RWANDA aho minisiteri y’ubuzima yatangaje ko hatabayeho kwirinda ngo hafatwe ingamba zikomeye iyi ndwara yarushaho gufata indi ntera , dore ko kuyandura byoroshye kuko ikuririra mu isuku idahagije, no kubakora imibonano mpuzabitsina, ndetse no mumatembabuzi harimo no gukoranaho cyane Mururwo rwego rero hafashwe ingamba zitandukanye mukuyirinda ko yakwirakwira ko hakorwa isuku ihagije nko gukaraba intoki n’amazi meza n’isabune, kwirinda gukora kumuntu wayanduye cyangwa ugaragza ibimenyetso ndetse no kwirinda gukoresha ibikoresho by’umuntu wayanduye.

MINISITIRE W’UBUZIMA Dr Sabe NSANZIMANA yabishimangi mukiganiro ubwo yatangazaga ingamba nshya zafashwe,Aho yabanje gushimirako ntamuntu numwe irahitana akaba yavuze agira ati: <ikiza nuko twakongera tukigira kubyabanje nuburyo twagize uburinzi buhagije no kubahiriza ibyo twasabwaga tukarwanya ibyorezo byahashize> rero agashimangira avuga ko byaba byiza dukomeje ubwirinzi cyane cyane kubwabantu bakora imibonano mpuza bitsina ko aribo bari kugaragaraho ubwo burwayu kandi abenshi bakaba bari mukigero k’imyaka 36 kuzamura , rero hariho gukorana ni nzego zose zishinzwe iby’ubuzima kugirango bamenye abagaragaraho ibimenyetso ndetse nabandi bose bacyekwaho kuyandura ngo babashe kwitabwaho neza kandi kugihe kugirango habashe kwirinda ko bayikwirakwiza aho bajya haba ki isoko, mumahuriro rusange, munsengero nahandi hahurira abantu benshi.

@ministry of health.

Check out other tags:

Most Popular Articles