Nyuma yigihe kinini ubuzima bugoye kandi bwikerekezo, kakooza nkurizi charles (KNC)

1069
Nkurii Chales

Uyu ni umugabo KNC Kakooza Nkurizi Charles utarigeze yandika ibaruwa isaba akazi akaba yarabayeho umuhanzi kandi akaba ari numwanditsi mwiza ndetse n’umukinnyi mwiza wa Flim gusa ikirenze kuri ibyo akaba ari nyiri ekipe ya Gasogi United akaba arinyiri Radiyo na Televiziyo TV1.

KNC mu itangazamakuru

Ni umugabo wavutse ku wa 04 ukuboza 1982 arubatse afite ndetse n’abana akaba yarize muri Lycee De Kigali akaba ari ho hashyizeho itsinda ryitwa The Ice Light ryari rigizwe na Manase na Mico uririmba indirimbo z’Imana ndeste na Tom Close aho hari mumashuri yisumbuye, aoza yakomereje muriUgnda kwiga gutunganya amashusho nibindi.

nyuma yibyo akaba yarinjiye mu itangazamakuru abifashijwemo n’igitaramo yateguye kibera car wash nibwo yahahuriye na Kamanzi louis namugezaho igitekerezo binjira mumushinga wa FLASH FM muri NZERI 2004 gusa ibyo ntibyamaze kabiri nibwo yahise atumwaho nabandibari bafite umushinga wo kubaka City Radiyo.

icyo gihe Televisiziyo na Radio byakoreraga ku Muhima baza gusanga ari hato bimukira Kacyiru aho avuga ko ubu bari mu ibitangazamakuru bifite ibikoresho byinshi aho yigereranya na RBA Ubu TV1 imaze kugwiza abakozi barenga 50 aho bihagaze kungengo y’imari igeze kuri miliyoni 30 akaba ari umuntu utinya kubaho nabi kandi ngo akagira ubwoba bwo gusubira inyuma .

Rirarashe-tv1

Akaba akora ikiganiro cyitwa Rirarashe hamwe na Gatabazi kuri TV1 na Radiyo 1.

ubu akaba akataje mu iterambere aho ubu afite na ekipe y’umupira wa amaguru ndetse afite akabari kitwa mu ijuru rya Kamonyi.

akaba ari numuherwe kuko ariwe wabashije gushyiraho ekipe ya GASOGI united aho ubu ibarizwa mukiciro cya mbere cya shampiyona y’u Rwanda kandi akaba ari nayo iyoboye urutonde rwa shampiyona.

gasogi-united

Uwo ni KNC (KAKOOZA NKURIZI Chales ) ubu akaba ari umwe mubo abantu bafatiraho icyitegererezo cy’imigambi myiza kandi akaba ari nume mubafasha benshi mugukuza impano zitandukanye.