Nyuma ya Covid-19 hagaragaye indi ndwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg, hakaba hari ningamba zafashwe,

1188
Amabwiriza n'ingamba byatanzwe na MInisante na RBC

Kuri uyu wa gatanu tariki 27 Nzeri 2024 nibwo hagaragaye itangazo rya Minisante rigaragaza ingamba zikwiriye kubahirizwa mu kwirinda indwara聽 y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg

iyi ndwara ikwirakwizwa no gukora kumaso ndetse n’amatembabuzi yabantu bayirwaye gusa ikimaze kumenyekana nuko itajya ikwirakwira binyuze mumwuka cyangwa muguhumeka.

ibi bikaba byatangajwe na Minisante binyujijwe kuruburwa rwayo rwa Twitter ndetse no mumatangazo kuzindi mbuga nkoranyambaga ko hari byinshi bikwiriye kubahiriza mu rwego rwo kuyirinda harimo kugira isuku kandi cyane aho turi hose kuko hamaze kuboneka abantu bake mu bitaro bitandukanye byo mu gihugu cy’u Rwanda gusa hakaba hakomeje gahunda yo gushakisha abagiye bahura nabo bose kugirango bakurikiranwe kandi bitabweho babashe gukira hakiri kare kandi ari nako tuyirinda nabandi.

Image

Image