spot_img

Kuri iki cy’umweru tariki 6 ugushyingo 2022 nibwo kiliziya gatorika yizihije umunsi mukuru wabatagatifu bose, gusa uyu munsi bawizihiza tariki ya 1 ugushyingo ariko abashumba ba kiliziya zo mu Rwanda bifuje ko waba kuri iki cy’umweru, abakirisitu benshi baje gusenga.

Munyigisho z’uyu munsi abapadiri bigishije bagarutse ku kintu cyo kwitwara nka bazina bacu batagatifu twiragije,

Dukora ibikorwa byiza kandi tunitagatifuza mu masengesho dukora yaburi munsi.

Ati”ibyo byishimo byabo koko nibyacu uko gutsinda kwabo ni ukwacu.”

Check out other tags:

Most Popular Articles