Kakooza Nkuliza Charles [KNC] mumagambo ye ngo Rayon Sport izaze ibizi ko ari 2:1.

772
KNC

Byari mu ikiganiro urubuga rw’imikino kuri Radio Rwanda aho yari yitabiriye nku’umutumirwa ngo agire icyo asobanura kandi nuko yiyumva ku umukino uzahuza Gasogi United na Rayon Sports. Akaba yatangaje ko uko byagenda kose ndetse nicyo byasaba cyose we yiteguye kubabaza ikipe ya Rayon Sports kandi akayereka ko kuba bayoboye Shampiyona aribyo bibaha icyerekezo cy’igikombe

Akaba yatangaje ko bidasubirwamo afite gutsinda umukino neza kubitego 2:1 kandi akagaragaza ko uyu mukino uzabera kuri Stade Amahoro babifitemo uruhare rwo kuba ariho umukino uzabera

Ibi yabitanaje nyuma yaho umutoza wa Rayon Sport nawe hari ibyo yari yatangaje kuwa kane nyuma y’imyitozo kandi akaba akomeje gusimangira ko kuba bari kumwanya wa mbere babifite nkintego z’uyu mwaka kandi avuga ko amanota arindwi ku icyenda atari mabi cyane.

KNC