spot_img
  1. Ni umunyarwandakazi uheruka kurokoka ifatwa ku ngufu bitewe

nakagambane k’inshuti ye Yatangiye agira ati”hari mugitondo kwitaliki ya 21 mata ndikumesa Imyenda murugo clara inshuti yanjye duturanye arampamagaraAti”Nana ngufitiye amakuru mashya”ndamubwiraNti”clara reka gukina mbabarira”.arambwira ati”Nana nakuboneye umuntu wakugurira ya nkuru yawe urabyumvaUte?”ndamubwira nti”icyo mbitekerezaho ni

ukukubaza ngo tujyeyoRyari? hehe? arambwira ati”ni hafi yo mu mujyi”.ndamusubiza nti ubwo nahejo mugitondo kare nje kukureba”.bwarakeye njya kumureba turagenda mubyukuri sinarinzi aho tugiye.twateze moto zitugezayo.twahuye nuwo muntu.yari umusore mugufi kandi w’igikara.

Nana yakomeje atuganirira inkuru ye ati”twaraganiriye ariko navuga kubijyanye no kugura inkuru yanjye nkabona we na Clara ntibabirimo ariko nkabyirengagiza bitewe n’icyizere narimfitiye inshuti yanjye.twatandukanye anyemereye kumpa 150,000rwf nuko nanjye nkamuha inkuru yanjye yanditse.gusa,ansaba ko ejo nagaruka kugira ngo dusinye amasezerano y’ubugure akanampa nibice nabakinira muri filime yabo.gusa nubwo yambwiraga ibyo numvaga nzabyizera aruko nabibonye.

Kumunsi wakurikiye nagiye kureba Clara nsanga ari aho yacururizaga nkimubona,nahise numva ko nshobora kuba ngiye kwijyana numva ngizubwoba bwo kongera guhura nawa musore njyenyine ariko ndabyirengagiza.clara akimbona yahise ambwira ati”eh nana mbega ukuntu usa neza kandi wo ndakwizera uzagera ku bintu bihambaye”.

naramusezeye ndagenda ansaba kuza kumubwira uko byagenze,ndabimwemerera.naragiye nubundi hahandi nyoboza kuko sinari nahafashe mu mutwe.nagezeyo mu masaha ya satanu zamanywa.turaganira navuga kubyo gusinya amasezerano y’ubugure nkabona ntabirimo.ntangira kubona ko ishyamba atari ryeru.

namubwiye ko ntamwanya mfite munini aho ambwira ko nawe atawuhafite ngo ariko nintemera ko turyamana iby’amasezerano bitari bube.numvishe nikanze ariko nanone numva sintunguwe.byabaye imirwano gusa biranjyira ntashye iby’amasezerano bitabaye.nkisohoka,clara yahise ampamagara ambaza niba ibyo nagiyemo byakunze ndabimubwira nk’inshuti aranyihanganisha ariko ntangira no kumucyeka ko yaba afite uruhare mubiri kumbaho.gusa sinabitindaho.

clara yampaye nimero y’umumotari w’inshuti ye ngo kuko gutwarwa n’umuntu atazi atari byiza.narabyemeye ndamuhamagara aza kuntora.natangiye kwiruhutsa kuko ngiye murugo.habura iminota mirongo itatu ngo ngere murugo, motari yahise ansabako namureka akajya kwifubika kuko imvura yajojobaga muri make nawe yarari muri gahunda ya clara kuko kuko ho byankomereye kuruta ubwa mbere.

Mugusoza,Nana yagize ati”umutima udacika intege no kugira intego nibyo bifite agaciro.

Check out other tags:

Most Popular Articles