spot_img

Babanje kuramya no guhimbaza, twabifashijwemo na Calvary Worship Team

Nyuma yaho hakurikiyeho umwigisha aho yigishyije kubijyane no guhinduka, aho avugako hari imitima ikomeye, ati Imana ifite ibyo kubaha ariko mufite imitima ikomeye.

 

Hakurikiyeho INJILI BORA CHOIR batangiye bagira bati: “uri Uwera Nyiringabo, isi yose yuzuye ubwiza bwawe

Bakomeza bagira bati” aho nzaba niho muzaba sinkibita abagaragu ahubwo muri inshuti, Tega ibiganza wakire, uwo mwami tubabwira agira ubuntu.

Hakurikiyeho Umwigisha Pst Antoine RUTAYISIRE, asobanura ukuntu udashobora guhinduka utabanje guhindukira.

 

 

 

Check out other tags:

Most Popular Articles