spot_img

Myugariro wa Manchester United ukomoka muri Argentine Lisandro Martinez agiye kubagwa ikirenge bishobora gutuma amara amezi 3 hanze y’ikibuga.

Umutoza wa Manchester United Erik Ten Hag yari yabanje guhakana aya makuru ndetse abirwanya gusa byamaze kwemezwa n’iyi kipe ko agomba kubagwa.

Lisandro Martinez w’imyaka 25 y’amavuko namara kubagwa agomba kumara igihe kitari munsi y’amezi 3 ari hanze y’ikibuga bikaba igihombo gikomeye ku ruhande rw’ikipe ya Manchester United.

Check out other tags:

Most Popular Articles