spot_img

Umunsi wakabiri wa shampiyona Rwanda premium league Aho isize rayon sport itengushye abafana bayo nyuma yo kinganya na Marine Fc ubusa kubusa bakagabana amanota kumunsi wa mbere wa shampiyona

Kuri uyu munsi ku wa 23 kanama 2024 kuri uyu wa gatanu

Akaba Ari umunsi wa kabiri wa shampiyona Aho inganyije na Amagaju Fc ubusa kubusa ( rayon 2:2 Amagaju), Aho umukino watangiye ku isaha ya 15:h00 ubona ko rayon yarifite gahunda yo kubona amanota atatu ariko Amagaju agaragaza ko yiyubatse cyane

Mumukino  ikipe ya rayon yagerageje gusatira cyane mugice cya mbere cyarangiye ari igitego kimwe cya rayon cyatsizwe na Nsabimana Aimable

Igice cya kabiri cyarangiye ubona ko rayon iri hejuru gusa Amagaju yayishyizeho igitutu Aho yaje kwinjiza ibitego bibiri mugice cya kabiri na rayon yinjiza kimwe

Umukino urangira amakipe yombi anganyije 2:2 agabana amanota

Gusa ibyo abafana ntibabyishimiye kuko bagaragaje kwinubira umusaruro umutoza wa Rayon Ari gutanga muri iyi minsi bakaba bavuga ko batizeye neza ko azava mumaso y’umukeba APR FC .

Bikaba bisize Gasogi united ikiyoboye bityo Rayon ikaba ufite amanota 2/6.

@rwanda premium league

 

Check out other tags:

Most Popular Articles