spot_img

Mu bitaramo biganyijwe iKigali bya JIANTIS of Africa biteganya kubera mu Rwanda muri BK Alena aho biteganyijwe ko hazaza bamwe mu byamamare bikomeye hano muri africa ubu amatike yamaze gushira. Aho bagurira amatike uri kujyaho ugasanga yamaze gushira. Biteganyijweko hazaza bamwe mu bahanzi barimo Davido hamwe na Fiamond, tia savegs na Tila wa SOUTH AFRICA.

Biteganyijweko hazaba iserukira muco mu rubyiruko rwa Africa binyujijwe mu mukino wa basketball rihuriza hamwe rumwe mu rubyrubyiruko rwa Africa ruturuka mu bice 25 by’a African hagamijwe gusangira imico yibyo bihugu

Check out other tags:

Most Popular Articles