spot_img

Ubucuruzi

Amakuru Bijyanye

Hashyizweho inoti nshya y’ibihumbi bitanu (5000 RWF) n’iy’ibihumbi bibiri (2000 RWF)

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 23/08/2024 yemeje kandi itegeka Banki Nkuru y’u Rwanda ko hashyirwaho inoti nshya y'ibihumbi bitanu (5000 RWF) n'inoti nshya y'ibihumbi...

Ubwato rutura buri kubakwa ku Nkombo

Ku kirwa cya Nkombo, mu karere ka Rusizi hari kubakwa ubwato rutura buzajya bukora ingendo mu kiyaga cya Kivu, bukazaba aribwo bwa mbere bunini...

Imijyi 10 ya mbere ituwe n’abantu benshi ku isi

Umubare w'abantu batuye isi wiyongera buri munsi ku buryo ubu wamaze kurenga miliyari 8. By'umwahiro umugabane wa Aziya niwo usangwaho ibihugu bituwe n'abantu benshi...

Jeff Bezos yafashe umwanya wa mbere ku isi mu baherwe

Jeff Bezos ufite isoko rikorera kuri murandasi rya Amazon n'uruganda rwa Tesla yabaye umuherwe wa mbere ku isi aciye kuri Elon Musk. Nk'uko byatangajwe na...

RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

Urwego rw'Igihugu Rushinzwe Kugenzura Imikorere y'Inzego z'Imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro (RURA) rwashyize hanze itangazo rimenyesha ibiciro bishya by'ibikomoka kuri Peteroli mu gihe cy'amezi abiri...

Inyundo zikoze mu ishusho y’umuneke zaciye ibintu muri Taiwan

Uruganda rwo mu Buyapani rwakoze inyundo zifite ishusho y'umuneke zica ibintu muri Taiwan ndetse zitangira gushira ku masoko kubera kugurwa cyane. Uruganda rw'ibyuma rwo mu...

Umugabo yibye banki idorali 1 ngo akunde yivuze ku buntu

Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika yaremeye yiba $1 agamije gufungwa ngo abone ubuvuzi yarakeneye ku buntu. Ibi byabaye tariki 9 Kamena 2011 bikozwe...

FRANCE: Abahinzi bari mu myigaragambyo yamagana kudahabwa agaciro

Abahinzi bo mu Bufaransa bakoze imyigaragambyo yamagana uburyo badahabwa agaciro muri iki gihugu ndetse n'umusaruro wabo ukagurwa amafaranga make nyamara imisoro yabo ihanitse. Umwuga w'ubuhinzi...

Biragoye kubona igikorwa nkiki mumyaka yatambutse ariko uko iminsi yicuma niko n’isi nayo iterimbere mungeri zose haba mubwubatsi bwamazu ndetse n’ibindi byose bifite aho...

Isi igeze ahantu hashimishije kuko umwana w'umuntu agenda avumbura ibintu byinshi bitandukanye byateza umugabane atuyeho nisi muri rusange. Ubuntubwato bugiye gukorwa kugirango uko isi igenda...

Abagwizatungo 10 bambere ku isi (Abantu batite amafaranga meshyi ku isi) kurusa abandi.

Amafaranga n'ikintu gihatse isi kuko uyafite abahukabishaka kuko akora byinshi utayafite atakora. Amafaranga atuma umuntu yumva yishimye kandi atekanye. agufasha kwita ku muryango wawe....

Ikigo cy’itumanaho MTN Mobile Money cyashyizeho uburyo ushobora kwigarurira amafaranga waruyobeje wohereje ahatariho

Ikigo k’itumanaho cya MTN Mobile Money Ltd, cyashyizeho uburyo umuntu ashobora kwigarurira amafaranga yari ayobereje kuri konti y’undi muntu bitamusabye guhamagara cyangwa kujya ku...

Mount Kenya University yatangije irushanwa ryo kwita izina hoteli iri kubaka i Kigali

Mount Kenya University yatangije irushanwa rigamije guhemba umuntu uzabasha kwita izina hoteli iyi kaminuza yatangiye kubaka mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro.   Mu...

Abihayimana kazi bakomeje kwinjiza akayabo buri mwaka kubera guhinga urumogi

Inkuru y’ababikira, bagaragaye bacaruza ku mugaragaro urumogi rubujijwe henshi mu bihugu ku isi,yavuzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga. Itsinda ry’ababikira rizwi nka sisters of the valley,...

Rwanda rwarezwe guhonyora amasezerano y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kubera ifungwa ryimipaka

U Rwanda rwatsinzwe mu rubanza rwarezwemo n’Umunyamategeko w’Umunya-Uganda warureze gufunga imipaka mu buryo bunyuranyije n’amategeko bikagira ingaruka zinyuranye ku batuye Ibihugu byombi.   Ni urubanza rwaburanishijwe...

Follow us