spot_img

Politiki

Amakuru Bijyanye

Drone ya FARDC yahanuwe na M23

Mu mafoto Ihuriro rya AFC (Alliance Fleuve Congo) ryashyize hanze aherekejwe n'itangazo ryatangaje ko umutwe uyibarizwamo wa M23 wahanuye indege itagira umupilote (Drone) ya...

RWANDA hasohotse itangangazo ritesha agaciro ibyo perezida wuburundi aherutse kuvugira muri congo agumura urubyiruko

U Rwanda rwamaganye ijambo Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aherutse kuvugira i Kinshasa, kuko ribiba amacakubiri mu Banyarwanda kandi rikaba intambamyi mu bijyanye n’amahoro...

DRC: Abari abavandimwe Corneille na Christophe Nangaa barahanganye muri Congo

Abagabo bombi bakomeye muri Politike ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Christopher Nangaa na mukuru we Corneille Nangaa, ubu barahanganye nyuma yaho umwe ashyigikiye...

DRC: Imirwano yongeye kubura umutwe mu gace ka Nyiragongo hafi ya Goma

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 22 Mutarama 2024, imirwano yongeye kubura umutwe mu nzira za Kanyamahoro - Buhumba mu gace...

Ikigo cya Microsoft kinjiriwe mu mabanga n’u Burusiya

Ikigo k'ikoranabuhanga cya Mircosoft cyatangaje ko kinjiriwe mu mabanga y'abayobozi bayo n'itsinda ry'abahanga mu ikoranabuhanga rya 'Midnight Blizzard' ihamya ko rishyigikiwe n'ubutegetsi bw'u Burusiya. Mu...

(USA) Joe Biden agiye kohereza abayozi bakuru mu irahira rya FĂ©lix Tshisekedi Tshilombobozi bakuru mu irahira rya felix k

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden, yatangaje ko azohereza abayobozi batanu bamuhagararira mu muhango w’irahira rya Perezida wa Repubulika Iharanira...

Indege y’intambara ya Uganda yarashe ku ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Kuri uyu wa kabiri tariki 16 Mutarama 2024 indege y'intambara ya Uganda, Sukhoi-30 yarashe ku birindiro by'ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo habayeho...

Barataka ubukene kubera ifungwa ry’imipaka.

Abatuye muri Kivu y'Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barataka ibihombo bikomeye nyuma y'uko u Burundi bufunze imipaka ibuhuza n'u Rwanda nyamara ariyo...

RUBAVU: Abageragezaga guhungubanya umutekano w’u Rwanda bavuye muri Congo barashwe

Mu karere ka Rubavu, umurenge wa Rubavu, akagari ka Gikombe, umudugudu wa Gafuku habayeho guhangana hagati y'inzego z'umutekano z'u Rwanda n'abantu bari baturutse muri...

RWANDA-BURUNDI: Abanyarwanda barenga 50 barafunzwe mu bice bitandukanye byo mu Burundi

Kuva tariki 11 Mutarama 2024  Guverinoma y'u Burundi yafata umwanzuro wo gufunga imipaka ihuza iki gihugu n'u Rwanda, hari amakuru avuga ko hari abanyarwanda...

U Burundi bwamaze gufunga imipaka yose ibuhuza n’u Rwanda

Kuri uyu wa kane nibwo Leta y'u Burundi yafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yose ihuza iki guhugu n'u Rwanda, ndetse benshi mu bashakaga kwambuka...

Yanditse amateka yo kuba Minisitiri w’intebe muto kandi wemera ko ari umutinganyi mu mateka y’Ubufaransa

Ku myaka 34 y'amavuko Gabriel Attal yagizwe Minisitiri w'intebe w'Ubufaransa. Attal niwe muntu ukiri muto ubashije gufata uyu mwanya mu mateka y'Ubufaransa kandi unemera...

Bwambere perezida wa koreya y’amajyaruguru yagaragaye muruhame arikumwe n’umwana we! Ibyo Amuvuzeho biteye ubwoba >>>>

Bwambere perezida wa koreya y'amajyaruguru yagaragaye muruhame arikumwe numwana we wumukobwa mumuhango wokumurika ibitero bya kirimbuzi muruwomuhango wari witabiriwe n'abantu batari bacye! Byatumye abantu...

Nyuma y’imyigaragambyo irimbanije ingabo za Congo zongeye gukozanyaho na M23, aho M23 ikomeje kubashinja guteza akavuyo Dore ko President wa R.D.Congo yanze kubahiriza ibyavuye...

Mu gihe kuri uyu wa kabiri imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu duce twa Masisi, n’imyigaragambyo mu mujyi wa...

Follow us