spot_img

Politiki

Amakuru Bijyanye

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yashyizeho Abasenateri 4 bashya.

Byari kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Nzeri 2024 nibwo itangazo rya Peresidanse  ryashyizwe hanze,  rije nyuma y’iminsi 3 Komisiyo y’igihugu y’Amatora itangaje...

Abasore n’inkumi babashije gusoza imyitozo bahabwaga i Nasho bahawe ikaze na Gen. Mubarakh Muganga mu gisirikare.

Byari kuri icyi cyumweru tariki  22 Nzeri 2024, mu Kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Nasho, mu Karere ka Kirehe, habereye umuhango wo kwinjiza mu...

Rwandair yahagaritse ingendo zo muri Cape Town

Sosiyete y'ubwikorezi bwo mu kirere ya Rwandair yatangaje ko igiye guhagarika ingendo zose ziva, zikanajya muri Cape Town muri Afurika y'Epfo. Mu itangazo Rwandair yasohoye...

Urutonde rw’Abaminisitiri bayoboye Minisiteri y’Uburezi kuva mu 1994

Tariki 11 Nzeri 2024 nibwo hasohotse itangazo rivuga ko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w'Uburezi mushya, Nsengimana Joseph asimbuye...

Impinduka mu inzego z’ubuyobozi bw’igihugu cy’u Rwanda kuba Minisitiri

Kuri uyu wa 11 Nzeri 2024 nibwo Nyakubahwa yashyizeho abayobozi bashya kunzego zitandukanye harimo uburezi, isanzure ndetse n'umunyamabanga muri minisiteri ya siporo. Aha hagaragaye ko...

Uganda: Bobi Wine yatangiye koroherwa

Ishyaka rya National Unity Platform, NUP, riyobowe na Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine ryatangaje ko ari koroherwa nyuma yo kugira...

Perezida w’u Rwanda Kagame yageze Beijing mu Bushinwa yitabiriye inama

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame yageze i Beijing mu Bushinwa kuri uyu wa kabiri tariki 3 Nzeri 2024 aho yitabiriye inama...

Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri: Isheja Sandrine yagizwe umuyobozi wungirije wa RBA

Isheja Butera Sandrine usanzwe ari umunyamakuru kuri Kiss FM yagizwe umuyobozi wungirije w'Ikigo cy'Igihugu cy'Itangazamakuru, RBA. Ibi bikaba byemejwe mu myanzuro y'inama y'Abaminisitiri yateranye kuri...

Edouard Ngirente yongeye kugirwa Minisitiri w’Intebe

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki 13 Kanama 2024 hasohotse itangazo ryemeza Edouard NGIRENTE nka Minisitiri w'Intebe wa Guverinoma nshya. Ibi byemejwe mu...

Perezida Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda 

Perezida Paul KAGAME yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y'imyaka itanu iri imbere nyuma yo gutsinda amatora yabaye muri Nyakanga 2024. Mu muhango wabaye kuri...

Kainerugaba yatangaje ko azitabira irahira rya Perezida Paul KAGAME

Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda, UPDF, akaba n'umuhungu wa Perezida wa Uganda Yoweri Museveni, General Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko azitabira irahira rya Perezida Paul...

Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanywe ku mirimo yarashinzwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nibwo hasohotse itangazo ryirukana Dr. Jeanne d'Arc MUJAWAMARIYA ku mwanya yarafite wa Minisitiri w'abakozi ba Leta n'umurimo...

NEC yatangaje bya burundu ibyavuye mu matora ya Perezida n’ay’abadepite

Kuri uyu wa mbere tariki 22 Nyakanga 2024, Komisiyo y'igihugu y'amatora mu Rwanda, NEC, yatangaje bya burundu ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika...

Perezida Joe Biden yatangaje ko ataziyamamaza mu matora ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika 

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, Joe Biden wari watangiye ibikorwa byo kwiyamamaza yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kuvana kandidatire ye mu matora ya...

Follow us