spot_img

Politiki

Amakuru Bijyanye

Karabaye: hari ibisasu bitaraturitswa>> inkuru irambuye

Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko bidashoboka ko wafungura Ikibuga Mpuzamahanga cy'Indege cya Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bitewe n'ibisasu bihari bitaraturitswa...

AMAKURU ADASANZWE: ingabo za congo zirashe iz’urwanda

Biravugwa ko ingabo za reta ya congo zirwanira mu mazi barashe ku ngabo z'urwanda ziri mu kiyaga cya kivu aho batambukaga mu kazi kabo...

Ntakizasibya irushanwa ry’isi ry’amagare kubera mu Rwanda – UCI

Ishyirahamwe ry'Umukino w'Amagare ku Isi, UCI, ryanyomoje amakuru yavugwaga ko irushanwa ry'isi ry'amagare rizabera mu Rwanda muri Nzeri 2025 ryaba rizimurirwa mu wundi mujyi...

Rubavu: Abacanshuro b’abanyaburayi bari kwakirwa mu Rwanda

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 29 Mutarama 2025, ku mupaka w'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Rubavu...

Imirwano ihanganishije FARDC na M23 yasize iki mu karere ka Rubavu?

Byinshi wamenya kuntambara ihanganishije M23 na FARDC yagize ingaruka kuri bamwe mubatuye mu nkengero za GOMA ndetse na Rubavu. Icyizere ni cyose kubanya Rubavu,ni Nyuma...

Rubavu: Umutuzo wiriwe ari wose i Gisenyi

Umutuzo waganje mu karere ka Rubavu kuri uyu wa kabiri tariki 28 Mutarama 2025 bitandukanye no ku munsi wo ku wa mbere ubwo humvikanaga...

Rubavu: Amwe mu mashuri yafunze

Nyuma y'amasasu yarashwe i Rubavu kuri uyu wa mbere tariki 27 Mutarama 2025, amashuri aherereye mu karere ka Rubavu yahise afunga imiryango. Rimwe mu mashuri...

Musanze: Byifashe bite hafi ya Rubavu? 

Umujyi w'akarere ka Musanze ni umwe mu yegereye akarere ka Rubavu ahari kuvugira amasasu arikurasirwa i Goma mu mirwano iri guhuza AFC/M23 n'ingabo z'Igihugu...

Abapolisi bagera kuri 154 bashyizwe mu kiruhuko cy’izazabukuru ndetse nabandi bakuwe mu inshingano.

Abapolisi 154 muri Polisi y’u Rwanda, barimo umwe ufite ipeti rya CP (Commissioner of Police), na batandatu bafite irya ACP (Assistant Commisioner of Police)...

Perezida Paul Kagame yifurije intsinzi Donald Trump watorewe kuyobora Amerika.

Donald Trump Umurepubulikani abaye Perezida wa 47 aho yahigitse Umudemukarate Kamala Harris bari bahanganye aho  yegukanye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe...

Donald Trump yongeye gutorerwa kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika

Donald John Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ubwo yatorwaga bwa mbere muri 2017, yongeye gutorerwa kuba Perezida ku nshuro...

Ibyiyumviro bya Bamporiki Edouard nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida.

Uyu Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri, yagaragaje ko yishimiye imbabazi yahawe na Perezida Kagame, avuga ko agarutse ari umuntu mushya. Icyo...

Edouard Bamporiki yafunguwe ku mbabazi za Perezida

Edouard Bamporiki wabaye Umunyamabanga wa Leta mu yahoze ari Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ari mu bantu 32 bakatiwe n'inkiko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika...

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame ari mu ruzinduko rw’akazi muri Latvia.

Ni kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 ukwakira 2024 nibwo Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yageze mu gihugu cya Latvia ao azamara iminsi itatu...

Follow us