Byinshi wamenya kuntambara ihanganishije M23 na FARDC yagize ingaruka kuri bamwe mubatuye mu nkengero za GOMA ndetse na Rubavu.
Icyizere ni cyose kubanya Rubavu,ni Nyuma...
Nyuma y'amasasu yarashwe i Rubavu kuri uyu wa mbere tariki 27 Mutarama 2025, amashuri aherereye mu karere ka Rubavu yahise afunga imiryango.
Rimwe mu mashuri...
Umujyi w'akarere ka Musanze ni umwe mu yegereye akarere ka Rubavu ahari kuvugira amasasu arikurasirwa i Goma mu mirwano iri guhuza AFC/M23 n'ingabo z'Igihugu...
Donald Trump Umurepubulikani abaye Perezida wa 47 aho yahigitse Umudemukarate Kamala Harris bari bahanganye aho  yegukanye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe...
Donald John Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ubwo yatorwaga bwa mbere muri 2017, yongeye gutorerwa kuba Perezida ku nshuro...
Uyu Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri, yagaragaje ko yishimiye imbabazi yahawe na Perezida Kagame, avuga ko agarutse ari umuntu mushya.
Icyo...
Edouard Bamporiki wabaye Umunyamabanga wa Leta mu yahoze ari Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ari mu bantu 32 bakatiwe n'inkiko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika...