spot_img

Politiki

Amakuru Bijyanye

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) yasimbuwe nyuma y’inama y’abaminisitire yateranye.

Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi. Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho Col Pacifique Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare,...

Amerika ihagurukiyemo M23 ikwiye gufatwa nk’ingabo za Congo.

Amerika ibonye KO iyi mirwano itazigera ihagarara yatangiye kugaragaza KO icyaba cyiza KO M23 nayo yakiyunze kungabo za Congo. Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump...

M23 yafashe akandi gace kabarizwamo ubucuruzi bwinshi kd ibamo Ibirombe by’amabuye y’agaciro.

M23 ikomeje kwagura imbago yerekeza mu mujyi wa Kinshasa kandi ikomeje no kwigwizaho ahantu hafite byinshi bya agaciro kuri Congo Imwe mu centre yegereye aho...

Kinshasa: Abahunze M23 kurugamba batangiye kubiryozwa.

Dore aho bigereje Leta ya Congo yahisemo kubishyira mumuhezo ngo hatagira ubangamira urubanza ngo kuko ibitego baregwa biremereye. Urukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kinshasa rwemeje,...

FĂ©lix Tshisekedi yagaragaje ko amakiriro yose ayateze kuri Amerika.

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko ateze amakiriro ku masezerano y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yemereye Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu...

DRC: AFC/M23 yungutse abarwanyi bashya

Urubyiruko rubarirwa mu ijana ruturuka muri Teritwari ya Masisi rwagaragaje ubushaje bwo kwinjira mu ngabo z'umutwe wa M23 nk'uko byatangajwe n'umuvugizi wawo Laurence Kanyuka. Aya...

Breaking News: Hakiboneka agahenge M23 yanze kuryama ifata akandi gace.

Namutuzo uzabonaka mugihe M23 ikomeje kwigarurira uduce twa Congo. Ihuriro AFC/M23 ryafashe umujyi wa Walikale w’Intara ya Kivu ya Ruguru ku mugoroba wo kuri uyu...

Perezida Kagame na Perezida Tshisekedi bahuriye i Doha muri Qatar

Kuri uyu wa kabiri tariki 18 Werurwe 2025, Ministeri y'Ububanyi n'Amahanga ya Qatar yatangaje ko habayeho ibiganiro hagati ya Perezida w'u Rwanda Paul Kagame...

Al shabaab yagabye igitero kuri Perezida wa Somalia nticyamuhitana

Umutwe w'abarwanyi bagendera ku mahawe ya Islam wa al Shabaab wo muri Somalia wagabye igitero kuri Perezida w'iki gihugu Hassan Sheikh Mohamud kuri uyu...

AFC/M23 igiye gushinga banki mu duce yafashe muri RDC

AFC/M23 igiye kugarura sisitemu za banki mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y'uko izahabarizwaga zafunzwe. Amezi abiri arashize, Leta ya RDC...

U Rwanda rwasabye Canada ibisobanuro ku birego irushinja

Leta ya Canada yafatiye u Rwanda ibihano irushinja kuvogera ubusugire bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuko yemeza ko umutwe wa M23 umaze gufata...

M23 yafashe ikibuga cy’indege cya Kavumu

AFC/M23 yamaze gufata ikibuga cy'indege cya Kavumu giherereye mu birometero 25 uvuye mu mujyi wa Goma nk'uko byatangajwe n'umuvugizi wayo, Lawrence Kanyuka. Kuri uyu wa...

Nta muntu uzankanga yitwaje iterabwoba ry’ibihano – Perezida Paul Kagame

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yavuze ko naba agomba guhitamo hagati yo guhangana n’ibitero no gufatirwa ibihano, azahitamo gufata intwaro agahangana n’ibyo...

Ibyo M23 ikoreye Umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntibisanzwe: inkuru irambuyeyine>>>>

Ubuyobozi bwa Kivu y'Amajyaruguru buherutse gushyirwaho n'umutwe wa M23 bwatangaje ko umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uri i Rubavu...

Follow us