AFC/M23 yamaze gufata ikibuga cy'indege cya Kavumu giherereye mu birometero 25 uvuye mu mujyi wa Goma nk'uko byatangajwe n'umuvugizi wayo, Lawrence Kanyuka.
Kuri uyu wa...
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yavuze ko naba agomba guhitamo hagati yo guhangana n’ibitero no gufatirwa ibihano, azahitamo gufata intwaro agahangana n’ibyo...
Ubuyobozi bwa Kivu y'Amajyaruguru buherutse gushyirwaho n'umutwe wa M23 bwatangaje ko umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uri i Rubavu...
Byinshi wamenya kuntambara ihanganishije M23 na FARDC yagize ingaruka kuri bamwe mubatuye mu nkengero za GOMA ndetse na Rubavu.
Icyizere ni cyose kubanya Rubavu,ni Nyuma...
Nyuma y'amasasu yarashwe i Rubavu kuri uyu wa mbere tariki 27 Mutarama 2025, amashuri aherereye mu karere ka Rubavu yahise afunga imiryango.
Rimwe mu mashuri...
Umujyi w'akarere ka Musanze ni umwe mu yegereye akarere ka Rubavu ahari kuvugira amasasu arikurasirwa i Goma mu mirwano iri guhuza AFC/M23 n'ingabo z'Igihugu...
Donald Trump Umurepubulikani abaye Perezida wa 47 aho yahigitse Umudemukarate Kamala Harris bari bahanganye aho  yegukanye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe...
Donald John Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ubwo yatorwaga bwa mbere muri 2017, yongeye gutorerwa kuba Perezida ku nshuro...