Indirimbo 'Big foot' ya Nicki Minaj yaciye agahigo ko kuba indirimbo ya mbere y'umuhanzikazi yayikoranye (solo) yumviswe cyane ku rubuga rwa Spotify muri 2024.
Iyi...
Umuhanzikazi wo muri Nigeria Tiwa Savage yatangaje ko kuri we umwaka wa 2024 utaratangira ndetse ahamya ko kuri we uzatangira muri Gashyantare kuko Mutarama...
Nyuma y'uko Carolina Shiino atorewe kuba Nyampinga w'Ubuyapani imvururu zabaye nyinshi ku mbugankoranyambaga kuko uyu mukobwa ntamaraso na make y'Ubuyapani yifitemo.
Carolina Shiino ni umunyamideri...
Biravugwa ko abahanzikazi bo mu Bugande, Kataleya na Kandle, baba bafungiye mu nzu bitewe n'ihungabana bari kunyuramo ndetse no kubatwa n'ibiyobyabwenge.
Imyaka igera kuri itatu...
Mu gihe ikipe y'igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igomba gukina n'ikipe y'igihugu ya Tanzania mu gikombe cy'Afurika kiri kubera muri Côte d'Ivoire,...
Ni mukiganiro cyo kuri Radio ikorera mu Rwanda yitwa magic fm Ndeste ikaba ariy'iy'ikigo k'igihugu cy'itangazamakuru "RBA" ikaba itangaza amakuru mu buryo bw'amajwi
Iki kiganiro...
Anerlisa Muigai wahoze ari umugore w'umuhanzi wo muri Tanzania Benard Michael Paul Mnyang'anga wamamaye nka Ben Pol aravugwa mu rukundo n'umuhanzi wo muri Kenya...
Umuyobozi wa Zacu TV, Nelly Wilson Misago, yateguje abakunzi ba sinema y’u Rwanda filime nshya zizerekanwa uyu mwaka zirimo ‘Imuhira’ ya Tom Close.
Iyi filime...
Abinyujije muri sosiyete ye y'umuziki yise 'Zana talent' umuhanzi RUHUMURIZA James wamamaye nka King James agiye gutangira gufasha umuhanzi witwa Manick Yani.
Imwe mu ntego...
Umukinnyi wa Filime z’urwenya ukomoka muri Amerika, Quinta Brunson yakoze amateka yo kuba umwirabura wa mbere wegukanye igihembo muri Emmy Awards mu myaka 40...
Nyuma yo gusezerana imbere y'amategeko abari bategereje ubukwe bwa Kenny Sol na KUNDA Alliance bashobora kuba ari nka cya kirondwe cyumiye ku nka kandi...
Umuhanzi Meddy uherutse kwiyegurira Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, na Adrien Misigaro bakoranye indirimbo mu myaka irindwi ishize, bashyize hanze indi ikomeje gutangarirwa...
Baba bishimye cyane
Uwamahoro Claudine n’umugabo we w’Umwongereza, Simon Danczuk wabaye umudepite wo mu Ishyaka ry’Abakozi (Labour Party) mu gihe cy’imyaka irindwi, bari mu munyenga...