spot_img

Imyidagaduro

Amakuru Bijyanye

YAGO AVUZE KU MUBYINNYI TITI BROWN WAMUHEMUKIYE !! SOMA INKURU IRAMBUYE

Uwitwa titi brown wamenyekanye cyane mu kubyina imbyino zitandukanye hano mu Rwanda  yikomwe cyane na yago nyuma y'uko ngo amukoreye ubuvugizi bikaba byagize uruhare...

YAGO: YIKOMYE CYANE UWITWA DE CAT AMUVUZEHO INKURU IBABAJE

Nyuma yo kutumvikana hagati ya yago n'abo yise agatsiko  akaba anabashinja gushaka kumugirira Nabi nk'uko  ngo babikoze mu myaka ine ishize kandi  bikaba byaraviriyemo guhunga...

kugenda kwa Anitha Pendo asezeye rba biravugwa ko bifitwemo uruhare na Sandrine Isheja nawe umaze kuva kuri Kiss Fm.

Nyuma y'igihe gito umunyamakuru wakoraga kuri radiyo Kiss FM agizwe umukuru wa RBA ariwe witwa Isheja Sandrine biravugwa ko ashobora kuba ariwe mpamvu yo...

Dusangire Lunch: Mr Eazi yemeye kugaburira abana 10,000 mu gihe cy’umwaka

Mr Eazi yemeye gutera inkunga gahunda ya Leta yo kugaburira abana ku mashuri yiswe 'Dusangire Lunch', akaba yemeye kuzagaburira abana ibihumbi icumi mu gihe...

RIB yasabwe gukurikirana iby’urunturuntu ruri mu myidagaduro

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yasabye Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, gusuzuma niba ntabyaha bikorerwa mu guterana amagambo hagati ya Yago,...

Valentine wamamaye nka ‘Dore imbogo’ yitabye Imana

Nyiransengiyumva Valentine wamamaye mu ndirimbo ye yise 'Dore imbogo' yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y'urupfu rwa Valentine wakoreshaga izina ry'ubuhanzi rya 'Vava' yatangiye gukwirakwizwa ku...

Menya byinshi ku ndirimbo ‘Gwo Gwo Gwo Ngwo’ iri guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga

Abakoresha imbunga nkoranyambaga by'umwihariko urubuga rwa Tik Tok bazi indirimbo 'Gwo Gwo Gwo Ngwo' iri guca ibintu muri iyi minsi. Iyi ndirimbo ubundi yitwa 'Ka...

Umuraperi Danny Nanone yasabwe gutanga indezo ku wundi mwana

Umugore wabyaranye na Danny Nanone umwana wa mbere, yongeye kumujyana mu nkiko asabira indezo umwana wa kabiri babyaranye umaze kugira umwaka umwe w'amavuko. NTAKIRUTIMANA Mudathiru...

Platini n’uwari umugore we bahanye gatanya

Urukiko rw'ibanze rwa Nyamata, mu karere ka Bugesera rwemeje ubwumvikane bwo gutandukana hagati y'umuhanzi Platini n'uwari umugore we Olivia. Muri Werurwe 2021 nibwo NEMEYE Platini...

Bruce Melodie yasohoye inidirimbo ‘Sowe’ yaritegerejwe na benshi

Umuhanzi Bruce Melodie yasohoye indirimbo yise 'Sowe' kuri uyu wa gatanu nyuma y'igihe ayirarikira abakunzi be. ITAHIWACU Bruce wamamaye mu muziki nka Bruce Melodie yasohoye...

Simi yatangaje ko ntazindi ndirimbo ajya yumva uretse iz’umugabo we

Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Simi yatangaje ko uretse indirimbo z'umugabo we, Adekunle Gold ndetse n'indirimbo ze bwite ntazindi ndirimbo ajya ashaka kumva. Simisola Kosoko wamamaye...

APR FC yabaye ikipe ya mbere itsindiye kuri sitade Amahoro nyuma yo kuvugururwa

APR FC yatsinze Police FC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro sitade Amahoro biyigira ikipe ya mbere itsindiye kuri iyi sitade kuva yavugururwa. Ni umukino...

Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro sitade Amahoro nyuma y’imyaka ibiri ivugururwa

Kuri uyu wa mbere tariki 1 Nyakanga 2024 ubwo u Rwanda rwizihizaga umunsi w'ubwingenge, mu gikorwa cyayobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda...

Amerwe yasubijwe mu isaho ku banyarwanda bari biteguye ibyamamare byakanyujijeho mu mupira w’amaguru (Football legends) i Kigali

Ibyamamare byakanyujijeho mu mupira w'amaguru (Veterans) byari bitegerejwe i Kigali ntibikije nyuma y'uko Igikombe cy'Isi cy'Abakanyujijeho, Veterans Clubs World Championship (VCWC 2024), gisubitswe nk'uko...

Follow us