spot_img

Imyidagaduro

Amakuru Bijyanye

CHAN2024 – Tombora isize u Rwanda rwisanganye na Djibouti.

Tariki 09 Ukwakira 2024 kuri uyu wa gatatu habaye tombora y’uko amakipe azahura mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika ku bakinnyi bakina...

Gerard Mbabazi uherutse gusezera kuri RBA asobanuye ko impamvu zabimuteye Sandrine Isheja we atabikozwa.

Gerard Mbabazi ubwo yari mukiganiro na Ally Soudy on Air cyangwa Video Call yavuze ko gusezera kwe  ntaho bihuriye n'ubuyobozi bushya bwa RBA, avuga...

Menya Ras Banamungu ukora umuziki w’ubuvuzi

Ras Banamungu ni umuhanzi w'umunyarwanda ariko ukorera umuziki we muri Australia aho yifashisha umuziki we mu buvuzi. Amazina yiswe n'ababyeyi ni Idi Banamungu gusa yamenyekanye...

The Ben yashyize hanze urutonde rw’indirimbo agiye gusohora

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yatangaje urutonde rw'indirimbo 10 azashyira hanze ku wa gatanu tariki 27 Nzeri 2024. Abinyujije ku rubuga rwe rwa...

Mumyaka mike cyane byagaragaye ko abahanzi nyarwanda batinye ihangana muri muzika n’abana bakizamuka.

Umuziki nyarwanda ndetse n'iterambere ry'uyu muziki bigirwamo uruhare n'itangazamakuru ryo mu Rwanda kandi benshi uko bawutangira siko bawutindamo kuko bigaragara ko hari abagenda bavukamo...

Uwo bita Niyo Bosco agarutse ari ku rwego rwo kuba atakongera kuririmba indirimbo z’ibishegu.

Umuhanzi w'umunyarwanda uzwi cyane ku indirimbo zitandukanye muri uyu mwuga witwa NIYO Bosco uzwi ku indirimbo nka Urugi, Imbabazi, Ubigenza, Piyapuresha ute n'izindi nyinshi...

Niki umuyobozi wa Rayon Sport wasezeye yarabamariye mugihe kijya kugera kumyaka ine(4)

Umuyobozi wa Rayon Sport witwa Jean Fidele Uwayezu waruyobaye iyi ekipe ayibereye Perezida akaba yarayisezereye mu rwego rwo kwegura bivugwa ko abitewe n'uburwayi kandi...

Ase nibitambo bingana iki byasabye Bruce Melody kugirango agere aho ageze ubu?

Umwite Bruce Melody cyangwa umwite Itahiwacu Bruce amazina yiswe n'ababyeyi akaba yaravukiye mukagali ka Kamashashi umurenge wa Nyarugunga akarere ka Kicukiro ahazwi nk'i Kanombe...

Menya iby’indirimbo y’Amavubi yabaye isereri mu mitwe ya benshi

Mu ntangiriro z'iki cyumweru nibwo hatangiye kumvikana indirimbo isingiza ikipe y'igihugu y'u Rwanda 'Amavubi' yitwa 'Win is the goal' maze inyura imitima ya benshi. 'Win...

Mbega Scovia Umutesi ibyo akoreye muri RIB bizatuma benshi barushaho kumenya byinshi.

Umutesi Scovia umunyamakuru wabigize umwuga uherutse gusezeza B&B akaba yiyemeje kwikorera, akaba atangiriye kukumenya ibijyanye nibibazo biri kubera kumbuga nkoranyambaga harimo amakimbirane ari hagati...

Shakira yishyuye imisoro igera ku miliyoni $15 yashinjwaga kunyereza

Umuhanzikazi w'umunya-Colombia Shakira yamaze kwishyura imisoro igera kuri miliyoni $15 (arenga miliyari 20 z'amafaranga y'u Rwanda) yashinjwaga na Leta ya Espagne ko yanyereje. Kuri uyu...

DJ Neptune yashyize hanze Album igaragaraho Bruce Melodie

Umuvangamuziki (Disk Jockey), akaba n'umuhanga mu gutegura indirimbo mu buryo bw'amajwi (Record producer) wo muri Nigeria uzwi nka DJ Neptune yashyize hanze Album ya...

RIB yatangaje ko Yago yahunze yaratangiye gukurikiranwa 

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira Thierry, yatangaje ko Yago Pon Dat uherutse gutangaza ko yerekeje mu Bugande ahunze agacitso k'abantu bashakaga kumwica...

IRENE MURINDAHABI WA VESTINE NA DORCAS ASHINJWE GUTERA INDA! IBYA NIYO BOSCO,KUGAMBANIRA YAGO, INKURU IRAMBUYE>>>

Ni mu gihe uwitwa yago yakoreye ikiganiro abinyujije kuri channel youtube ye yitwa yago tv show  agaragaza ubugome yakorewe n'uwitwa irene murindahabi  nawe afata...

Follow us