spot_img

Imyidagaduro

Amakuru Bijyanye

Urukumbuzi rwinshi ku umuhanzi nyarwanda umaze imyaka 2 atabarutse hakaba hasohowe igihangano cye gishya.

Ni umuhanzi Burabyo Dushime Yvan wamamaye nka Yvan Buravan watabarutse ku wa 17 kanama  2022 aguye mu bitaro byo mu Buhinde aho yari yaragiye...

Fatakumavuta yasanzwemo urumogi

Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira B Thierry yavuze ko Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta uherutse gutabwa muri yombi yasanzwemo ikigero cyo...

RIB yataye muri yombi uwitwa Fatakumavuta kubwo amagambo Atari meza yavuze kuri Meddy na The Ben.

Ku wa Gatanu tariki ya 18 Ukwakira 2024, Nibwo hamenyekanye amakuru ko Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Sengabo Jean Bosco uzwi...

Kwambara nk’abapadiri, guhindura inkweto: Udushya 5 twaranze umunsi wa mbere wa shampiyona ya volleyball

Ku wa gatanu tariki 18 Ukwakira 2024 nibwo shampiyona y'u Rwanda ya volleyball y'umwaka w'imikino wa 2024-2025 yatangiye, ku munsi wa mbere (Round 1)...

Icyumweru cy’uburyohe kubakunzi b’imikino

UEFA Champions League matches  Umunsi wa gatatu  (3) wa UEFA Champions league uzatangira muri iki cyumweru kuwa kabiri tariki 22 ukwakira 2024 kugeza kuwa gatatu...

Alicia na Germaine bagiye gushyira hanze indirimbo nshya

Abahanzikazi babiri bavukana bakorera umurimo w’Imana mu itsinda rya Alicia&Germaine bagiye gushyira hanze indirimbo nshya bise 'Wa mugabo' nyuma y’igihe gito basohoye iyo bise...

Umwe mu bari bagize itsinda rya One Direction yitabye Imana

Umwongereza Liam Payne wahoze mu itsinda rya One Direction yitabye Imana ahanutse mu igorofa rya gatatu i Buenos Aires muri Argentine. Kuri uyu wa kane...

CHAN2024 – Tombora isize u Rwanda rwisanganye na Djibouti.

Tariki 09 Ukwakira 2024 kuri uyu wa gatatu habaye tombora y’uko amakipe azahura mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika ku bakinnyi bakina...

Gerard Mbabazi uherutse gusezera kuri RBA asobanuye ko impamvu zabimuteye Sandrine Isheja we atabikozwa.

Gerard Mbabazi ubwo yari mukiganiro na Ally Soudy on Air cyangwa Video Call yavuze ko gusezera kwe  ntaho bihuriye n'ubuyobozi bushya bwa RBA, avuga...

Menya Ras Banamungu ukora umuziki w’ubuvuzi

Ras Banamungu ni umuhanzi w'umunyarwanda ariko ukorera umuziki we muri Australia aho yifashisha umuziki we mu buvuzi. Amazina yiswe n'ababyeyi ni Idi Banamungu gusa yamenyekanye...

The Ben yashyize hanze urutonde rw’indirimbo agiye gusohora

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yatangaje urutonde rw'indirimbo 10 azashyira hanze ku wa gatanu tariki 27 Nzeri 2024. Abinyujije ku rubuga rwe rwa...

Mumyaka mike cyane byagaragaye ko abahanzi nyarwanda batinye ihangana muri muzika n’abana bakizamuka.

Umuziki nyarwanda ndetse n'iterambere ry'uyu muziki bigirwamo uruhare n'itangazamakuru ryo mu Rwanda kandi benshi uko bawutangira siko bawutindamo kuko bigaragara ko hari abagenda bavukamo...

Uwo bita Niyo Bosco agarutse ari ku rwego rwo kuba atakongera kuririmba indirimbo z’ibishegu.

Umuhanzi w'umunyarwanda uzwi cyane ku indirimbo zitandukanye muri uyu mwuga witwa NIYO Bosco uzwi ku indirimbo nka Urugi, Imbabazi, Ubigenza, Piyapuresha ute n'izindi nyinshi...

Niki umuyobozi wa Rayon Sport wasezeye yarabamariye mugihe kijya kugera kumyaka ine(4)

Umuyobozi wa Rayon Sport witwa Jean Fidele Uwayezu waruyobaye iyi ekipe ayibereye Perezida akaba yarayisezereye mu rwego rwo kwegura bivugwa ko abitewe n'uburwayi kandi...

Follow us