spot_img

Imibereho

Amakuru Bijyanye

Dr Nsanzimana Sabin, mu ikiganiro n’itangazamakuru ku ishusho y’icyorezo cya Marburg.

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin, ari kugirana ikiganiro n’itangazamakuru kigaruka ku ishusho rusange y'Icyorezo cya Marburg mu Rwanda. Kuva Marburg igaragaye mu Rwanda, abantu 61...

Urukingo rwa Marburg rwageze mu Rwanda, aho rwatangiye gutangwa kuri bamwe bahuye na Marburg.

Guhera kuri iki cyumweru tariki 6 Ukwakira 2024 nibwo u Rwanda rwatangiye gukingira abantu icyorezo cya Marburg, ibi byatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima(MINISANTE) aho yatangaje...

Abarenga 300 nibo bamaze kugaragazwa ko bashobora kuba barahuye n’abarwaye Marburg

Ni mu ikiganiro na abanyamakuru kuri icyi cyumweru kuwa 29 nzeri 2024 nibwo minisitire w'ubuzima Dr  Sabin Nsanzimana yatangaje ko abenshi mu bahuye nabari...

Icyorezo cya Marburg kimaze guhitana abantu batandatu (6) mu Rwanda .

Icyorezo cy'indwara y'umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg byatangajwe na Minisitire y'ubuzima ko cyimaze guhitana abantu batandatu 6 kandi abo bose bakaba bari...

Nyuma ya Covid-19 hagaragaye indi ndwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg, hakaba hari ningamba zafashwe,

Kuri uyu wa gatanu tariki 27 Nzeri 2024 nibwo hagaragaye itangazo rya Minisante rigaragaza ingamba zikwiriye kubahirizwa mu kwirinda indwara  y'umuriro mwinshi iterwa na...

Dusangire Lunch: Mr Eazi yemeye kugaburira abana 10,000 mu gihe cy’umwaka

Mr Eazi yemeye gutera inkunga gahunda ya Leta yo kugaburira abana ku mashuri yiswe 'Dusangire Lunch', akaba yemeye kuzagaburira abana ibihumbi icumi mu gihe...

UBUZIMA: UBUSHITA bw’inkende (MONKEPOX) BUKOMEJE GUTERA INkeke mu igihugu Rwanda

  KurI UYU WA 22 kanama 2024 nibwo hongeye kugarukwa kukibazo cy’ubushita bw’inkende kibasiye ibihugu byo muri Eastern Africa harimo nigihugu cy’u Rwanda. Icyi cyorezo Mpox...

Ubwato rutura buri kubakwa ku Nkombo

Ku kirwa cya Nkombo, mu karere ka Rusizi hari kubakwa ubwato rutura buzajya bukora ingendo mu kiyaga cya Kivu, bukazaba aribwo bwa mbere bunini...

Imijyi 10 ya mbere ituwe n’abantu benshi ku isi

Umubare w'abantu batuye isi wiyongera buri munsi ku buryo ubu wamaze kurenga miliyari 8. By'umwahiro umugabane wa Aziya niwo usangwaho ibihugu bituwe n'abantu benshi...

Kenya: Umurambo umaze amezi 7 mu bushyinguro bw’ibitaro warabuze uwushyingura

Umurambo wa Violet Olinga umaze amezi agera muri arindwi mu bushyinguro (Morgue) bw'ibitaro bya Kenyatta National Hospital (KNH) kuko umuryango we wabuze amafaranga yo...

Umwana wa Pasiteri Gabriel Ngamije yabonetse nyuma yo kubura yagiye kwidumba

Hari hashize amasaha 15 hashakishwa umwana w'umuhangu wa Pasiteri Gabriel NGAMIJE wari warabuze ubwo yaravuye ku ishuri. Uyu mwana w'umuhungu w'imyaka 10 y'amavuko witwa NGAMIJE...

Nyamasheke: Ubwato bw’Abanyekongo bwarohamye mu Kivu bavuye guhaha

Ubwato bw'Abanyekongo bari bavuye kugura amatungo mu karere ka Nyamasheke bwakoze impanuka maze burohama mu Kivu bituma amwe mu matungo apfa. Aba banyekongo bari bavuye...

Tour-du-Rwanda: RIB igiye guhagurukira ikibazo cya ruswa y’igitsina ivugwa muri iri siganwa

Nyuma y'ibibazo bya ruswa bivugwa mu irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku magare, Tour du Rwanda, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rugiye gukora iperereza...

UBUZIMA: Pseudocyesis indwara yo kwibeshyera ko utwite

Indwara ya Pseudocyesis banita False pregnancy cyangwa phantom pregnancy (Grossesse fantĂ´me) ni indwara aho igitsinagore kibeshyera ko cyasamye (gutwita) ndetse ibimenyetso byo gusama bikagaragara...

Follow us