spot_img

Amakuru

Amakuru Bijyanye

Ibyo M23 ikoreye Umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntibisanzwe: inkuru irambuyeyine>>>>

Ubuyobozi bwa Kivu y'Amajyaruguru buherutse gushyirwaho n'umutwe wa M23 bwatangaje ko umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uri i Rubavu...

Kenya: Umupasiteri yaterewe icyuma ku rutambiro azira ubusambanyi

Kuri uyu wa gatandatu tariki 1 Gashyantare 2025, Umupasiteri wo mu Itorero ry'Abadiventisti b'umunsi wa karindwi w'imyaka 35 yaterewe icyuma ku rutambiro na mugenzi...

Rubavu: Abacanshuro b’abanyaburayi bari kwakirwa mu Rwanda

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 29 Mutarama 2025, ku mupaka w'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Rubavu...

Imirwano ihanganishije FARDC na M23 yasize iki mu karere ka Rubavu?

Byinshi wamenya kuntambara ihanganishije M23 na FARDC yagize ingaruka kuri bamwe mubatuye mu nkengero za GOMA ndetse na Rubavu. Icyizere ni cyose kubanya Rubavu,ni Nyuma...

Kwizera Emelyne wamenyekanye nka ishanga arafunzwe n’abandi umunani soma inkuru irambuye

Kwizera Emelyne n’itsinda ry’abantu umunani riri muri WhatsApp Group yitwa ‘Rich Gang’ bakurikiranyweho uruhare mu gufata no gusakaza amashusho abagaragaza bakora imibonano mpuzabitsina. Umuvugizi...

Mutesi Scovia yatorewe kuyobora RMC

Umunyamakuru Mutesi Scovia yatorewe kuyobora Urwego rw'Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda, Rwanda Media Commission (RMC) muri manda y'imyaka ine iri imbere asimbuye Barore Cléophas warurangije...

Amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye yatangajwe

Minisiteri y'Uburezi yashyize hanze amanota y'ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye agaragaza ko abahungu batsinze cyane kurusha abakobwa. Aya manota yashyizwe hanze kuri uyu wa...

Perezida Paul Kagame yifurije intsinzi Donald Trump watorewe kuyobora Amerika.

Donald Trump Umurepubulikani abaye Perezida wa 47 aho yahigitse Umudemukarate Kamala Harris bari bahanganye aho  yegukanye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu muri Leta Zunze Ubumwe...

Igihugu cyakiriye CHOGM gishyiriweho ambasade mu Rwanda

U Rwanda mubiganiro na Samoa mu rwego rwo kongera ububanye n'amahanga bashyizeho ambasade ku mpande zombi. ibi biri kubera muri Samoa aho hari kubera...

Ibyiyumviro bya Bamporiki Edouard nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida.

Uyu Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri, yagaragaje ko yishimiye imbabazi yahawe na Perezida Kagame, avuga ko agarutse ari umuntu mushya. Icyo...

Edouard Bamporiki yafunguwe ku mbabazi za Perezida

Edouard Bamporiki wabaye Umunyamabanga wa Leta mu yahoze ari Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ari mu bantu 32 bakatiwe n'inkiko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika...

Ingabo z’igihugu cy’u Rwanda muri sudani yepfo zashimiwe byimazeyo

Lt Gen Mohan Subramanian, Umuyobozi w’Ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Ubibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), yagaragaje ko ashimira byimazeyo Ingabo z’u Rwanda ndetse ashimangira...

Kwita izina ku nshuro ya 20 abana b’ingagi bagera kuri 22 bavutse muri uyu mwaka ushize.

Ni ku nshuro ya 20 uyu muhango ugiye kuba wo kwita izina abana bingagi barenga 22, ibi bikaba byatangajwe ubwo hakorwaga umuhuro wo gutegura...

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yashyizeho Abasenateri 4 bashya.

Byari kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Nzeri 2024 nibwo itangazo rya Peresidanse  ryashyizwe hanze,  rije nyuma y’iminsi 3 Komisiyo y’igihugu y’Amatora itangaje...

Follow us