spot_img

Amakuru

Amakuru Bijyanye

Igihugu cyakiriye CHOGM gishyiriweho ambasade mu Rwanda

U Rwanda mubiganiro na Samoa mu rwego rwo kongera ububanye n'amahanga bashyizeho ambasade ku mpande zombi. ibi biri kubera muri Samoa aho hari kubera...

Ibyiyumviro bya Bamporiki Edouard nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida.

Uyu Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri, yagaragaje ko yishimiye imbabazi yahawe na Perezida Kagame, avuga ko agarutse ari umuntu mushya. Icyo...

Edouard Bamporiki yafunguwe ku mbabazi za Perezida

Edouard Bamporiki wabaye Umunyamabanga wa Leta mu yahoze ari Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ari mu bantu 32 bakatiwe n'inkiko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika...

Ingabo z’igihugu cy’u Rwanda muri sudani yepfo zashimiwe byimazeyo

Lt Gen Mohan Subramanian, Umuyobozi w’Ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Ubibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), yagaragaje ko ashimira byimazeyo Ingabo z’u Rwanda ndetse ashimangira...

Kwita izina ku nshuro ya 20 abana b’ingagi bagera kuri 22 bavutse muri uyu mwaka ushize.

Ni ku nshuro ya 20 uyu muhango ugiye kuba wo kwita izina abana bingagi barenga 22, ibi bikaba byatangajwe ubwo hakorwaga umuhuro wo gutegura...

Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yashyizeho Abasenateri 4 bashya.

Byari kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Nzeri 2024 nibwo itangazo rya Peresidanse  ryashyizwe hanze,  rije nyuma y’iminsi 3 Komisiyo y’igihugu y’Amatora itangaje...

Minisitiri w’ uburezi mu impinduka nshya ati “Amanota umwana yagize mu ikizamini cya Leta azajya yerekanwa yose nuko yayabonye.

Ni mukiganiro Minisitiri y'uburezi (MINEDUC) aho yatangaje byinshi kubijyanye ni ivugurura mu uburezi ndetse nihindagurwa ry'abarimu n'uburyo abanyeshuri bakora ibizamini bya Leta amanota yabo...

Umuyobozi mukuru w’igihugu Perezida Paul Kagame avuze ko amateka y’u Rwanda yamubereye ishuri nawe akayabera umunyeshuri mwiza

Kuri uyu wa kane mu ikiganiro Perezida w'u Rwanda yagiranye n'umuyobozi w'ikigo Milken Institute, Richard Ditizio cyabereye muri singapore aho hagarutswe ku amateka ndetse...

ivugururwa ry’amasezerano yo kwakira impunzi zivuye muri libya

Guverinoma y'u Rwanda , ishami ry' umuryango  w'abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) hamwe na komisiyo y'umuryango wa Afrika yunze ubumwe basinyanye amasezerano yo gukomeza...

Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri: Isheja Sandrine yagizwe umuyobozi wungirije wa RBA

Isheja Butera Sandrine usanzwe ari umunyamakuru kuri Kiss FM yagizwe umuyobozi wungirije w'Ikigo cy'Igihugu cy'Itangazamakuru, RBA. Ibi bikaba byemejwe mu myanzuro y'inama y'Abaminisitiri yateranye kuri...

UBUZIMA: UBUSHITA bw’inkende (MONKEPOX) BUKOMEJE GUTERA INkeke mu igihugu Rwanda

  KurI UYU WA 22 kanama 2024 nibwo hongeye kugarukwa kukibazo cy’ubushita bw’inkende kibasiye ibihugu byo muri Eastern Africa harimo nigihugu cy’u Rwanda. Icyi cyorezo Mpox...

Menya Monkeypox, indwara y’ubushita bw’inkende

Kuri uyu wa 26 Nyakanga 2024 nibwo mu Rwanda hagaragaye abantu ba mbere banduye indwara y'Ubushita bw'Inkende imaze iminsi igaragara muri Repubulika Iharanira Demokarasi...

Abanyeshuri barenga ibihumbi 200 batangiye ibizamini bya Leta

Kuri uyu wa kabiri nibwo abanyeshuri basoje icyiciro rusange, amashuri yisumbuye, ay'imyuga n’ubumenyingiro, Amashuri Nderabarezi n'ubuvuzi mu mwaka w'amashuri 2023/2024 batangiye ibizamini bya Leta. Aba...

Ubwato rutura buri kubakwa ku Nkombo

Ku kirwa cya Nkombo, mu karere ka Rusizi hari kubakwa ubwato rutura buzajya bukora ingendo mu kiyaga cya Kivu, bukazaba aribwo bwa mbere bunini...

Follow us