spot_img

AMAKURURU

BURUNDI:kudeta zabaye nyinshi mu mashyaka

  Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka rya CNL, Simon Bizimungu yamaganye imyanzuro y’itsinda ry’abayobozi 10 mu bagize biro y’iryo shyaka, bashyize umukono ku itangazo rivuga ko yasimbuye...

Nyamagabe:Abaturage batewe ikibazo no gukoresha amazi yozwamo moto

Nyamagabe abaturage barinubira ko nta mazi meza bagira aho birirwa mu bishanga bavoma amazi atemba mu maruhurura no mu migezi itemba aho basaba ubuvugizi...

Mugisha Girbert Barafinda nawe ageze mu barabu

Mugisha Girbert wakiniraga ikipe ya APR FC yamaze gutangazwa n'ikipe yo muri OMAN ya Al Nardha ikina mu cyiciro cya mbere akaba ari nayo...

Fc Barcelona barayibenze kumugaragaro ariko na mesut özil abifitemo uruhare

Umukinnyi w'icyamamare muri Fenerbahce, Arda Guler, ngo yiteguye gusebya Barcelona akerekeza mu bakinnyi bakomeye ba Real Madrid . Barcelona yahujwe cyane ningimbi vuba aha. Perezida...

Umukuru w’igihugu yagize icyo avuga kuri ruhago y’u Rwanda n’ahazaza hayo

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasubije uwamubajije kubijyanye na ruhago y'u Rwanda yasubije avugako agiye kwinjira mu mikino agahangana n’imitekerereze mibi yiganjemo...

Messi ashobora gukina premier league bwa mbere mu mateka

Kabuhaririwe muri ruhago Lionel agiye gutizwa muri Arsenal yo mu bwongereza nyuma yaho aguzwe na Inter miami y'icya mamare muri ruhago David Becham. Aho champion...

Ni indobanure gusa: Abakinnyi APR FC yazanye Bose bakinira amakipe y’ibihugu byabo.

Nyuma yuko ikipe ya APR FC yemejeko umwaka utaha w'imikino izangera igakinisha abanyamahanga kurubu harabo yarangiye kuvugisha ndetse ibiganiro bigeze kure Abo bakinnyi ni Taddeo...

Muri kenya n’agahinda gakomeye nyuma y’uko 51 bapfuye bazira impanuka

Polisi yavuze ko NAIROBI, Kenya - Ikamyo yagonze izindi modoka n’abacuruzi bo mu isoko mu burengerazuba bwa Kenya ihitana abasaga 51. Ku wa gatanu nimugoroba...

Gloria carter mama wa jay-z yakoze ubukwe na mugenzi we w’umugore;Burya ngo jay-z yariribye ubwambure bwa nyina

Nyina wa Jay-Z, Gloria Carter, yishimiye ubukwe bwe na Roxanne Wilshire mu birori byamamaye mu nyenyeri, bikaba byaranze igice gikomeye mu buzima bwe bwo...

Amaherezo y’inzira burya ni mu rugo:Mbape muri Real Madrid

Nyuma y'igihe kirekire abakunzi ba Real Madrid bifuza umusore ukiri muto w'umufaransa ariko ukora ibitangaje mu kibuga uyu musore yamaze kwerekeza I Madrid muri...

Israel mbonyi asubiye kwiga

Umuhanzi muto ukunzwe cyane mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi, yatangaje ko agiye gutangira kwigira Impamyabumenyi y’Ikirenga mu buzima “Public Health”. nyuma...

Umuhanzikazi madonna yamaze guhagarika ibitaramo

Umuhanzikazi w’icyamamare Madonna Louise Ciccone wimyaka 65, wari wajyanywe mu bitaro mu cyumweru gishize, yasezerewe n’abaganga asubira iwe mu rugo New York. Abareberera inyungu zuyu...

Mugisha Moise na Nzayisenga Valantine bongeye kwigaragaza ubwo begukanaga isiganwa ryamare ryitiriwe umunsi wo kwibohora.

Nisiganwa ryakinwe iminsi ibiri  aho aba siganwa batangiye kuricyumweru aho abagabo bahagurukiye Muhanga bagasoreza Nyaruguru naho abagore bahagurukiye Ruhango bagasoreza Nyaruguru Mugisha Moise iri akaba...

Cristiano Ronaldo agize Al nassr ubukombe

Al Nassr ikinamo Cristiano Ronaldo yatangaje Nike nkumuterankunga wabo mushya muri Season 2023/24. 🇸🇦 Nike azashushanya ibikoresho bya Al Nassr muri season iri imbere Aya...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us