spot_img

AMAKURURU

Igitaramo davido azitabira iKigali amatike yamaze gushira

Mu bitaramo biganyijwe iKigali bya JIANTIS of Africa biteganya kubera mu Rwanda muri BK Alena aho biteganyijwe ko hazaza bamwe mu byamamare bikomeye hano...

Umuriro uzaka: Ikipe ya Rayon Sport igiye gucakirana n’ikipe ya APR FC.

Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje igihe igikombe kiruta ibindi mu Rwanda FERWAFA Super Cup kizahatanirwa. FERWAFA Super Cup ni igikombe kiruta ibindi gihuza...

Kiyovu sport yasinyishije umuzamu wambere muri UGANDA

Mu ijoro ryakeye ikipe ya kiyovu sport yaraye yerekanye abakinnyi barimo umuzamu ukomeye muri UGANDA wakiniraga ikipe ya blu FC yo mu kiciro cyambere...

David De Gea yandikiye ibaruwa isezera abafana ba Manchester United

Nifuzaga kohereza ubu butumwa bwo gusezera kubantu bose bashyigikiye Manchester United. Ndashaka kwerekana ko nshimira byimazeyo kandi nshimira urukundo kuva mu myaka 12 ishize. Twageze...

PLATINI yarenze kubyo bavuze umugore we nibyo yamukoze agiye gusubirana nawe

Umuhanzi platini yatangaje beshi ubwo yashiraga amagambo kuri Instagram ye. Platini wabarizwaga mwitsinda rya "Dream Boyz" gusa ubu rukaba ritacyibaho Aho buriwese asigaye akora ukwe . Mumitsi...

Intambara z’abaherwe babiri rwabuze gica Threads irakora akantu

Threads yateje impagarara kumbuga nkoranyambaga ku isi yose ndetse no mu binyamakuru. Threads n'urubuga rwakozwe na nyiri "Facebook " na "Instagram " ariwe "Mark Zuckerberg" umuherwe...

CAF: Rayon Sport yoroherejwe urugendo mugihe APR FC yabuze ibyo yari yiteze.

Komite nyobozi y'impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Afurica (CAF) ryakuyeho ijonjora rya  gatatu muri CAF Confederation Cup. Ibi icyo bivuze mugihe APR FC yaba...

Umuhanzi Jose Chameleone aho ubuzima bumugejeje akeneye amasengesho

Umuhanzi Joseph Mayanja wamenyekanye nka Jose Chameleone , ubuzima bwe bugeze aho rukomeye ndetse bamwe batangiye kumuhangayikira kubera ibihe arimo. Yafashwe n’uburwayi bwo mu nda...

Bwiza arashaka gukomeza gushimisha abafana be ndetse anashyire itafari ku muziki nyarwanda

Umuhanzi Bwiza ari mu myiteguro yo gusohora Album ye ya mbere yise "My dream". Bwiza wakoze indirimbo zagiye zikundwa n'abataribacye harimo "wibeshya" yakoranya na Mico...

Kavin kade yamaze gutwika ibihugu bibiri byibituranyi imbaraga uyumusore afite nizisanzwe

Kavin Kade yasohoye indirimbo shyashya yitwa pyramid (tata) yakoranye na Kivumbi king, na Drama T wiburundi. Kavin kade ukuzwe guhera kundirimbo ye yambere yitwa Sofia nyuma...

Selena Gomez yavuze akari kumutima kose abwira Rema wo muri Nigeria ko amukunda n’umutima we wose

Umuhanzi Selena Gomez abwira Rema ati:"Wahinduye ubuzima bwanjye ubuziraherezo. Umuhanzi w'umunya Afurika Selena Gomez ukunzwe bikomeye cyane nkuko imbuga nkoranyambaga zibigaragaza aho kuri Instagram akurikirwa...

Joao felix byagaragaye ko acyirumukinnyi wa Chelsea nubwo abeshi baziko yagiye

Joao felix aracyacyeneye gukinira Chelsea nokuri bio ye Instagram haracyariho Chelsea. Joao felix arigutangaza abakinnyi bagenzibe ndetse nabamukurikira kurubuga rwe kuri Instagram aho agikomeje kugaragaza...

Bamwe mubyamamare bamaze kuyoboka urubuga rushya Threads

Threads ni urubuga rwatangijwe n'ikigo cy'ikoranabuhanga kitwa Meta kiyoborwa na Mark Zucherberg Ari nacyo gifite imbuga nkoranyambaga nka Facebook na Instagram. Mark Zucherberg yatangaje ko...

Miss w’ubufransa agiye gutoza ikipe yambere mu Rwanda

Ubuyobozi bwa Gasogi united bwatangaje ko rusal rzalie witabiriye irushanwa rya miss de france muri 2007 agiye gutoza iyi kipe ya Gasogi united aho...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us