spot_img

AMAKURURU

Ababyeyi babyutse barwana umwana w’uruhinja ahasiga ubuzima.

Mugihugu cya Zambia ababyeyi barwaniye mucyumba aho hafi yaho umwana yararyamye baramugwira ahita ahasiga ubuzima. Nkuko byatangajwe na Televiziyo ya Diamond Tv yo muri Zambia,...

UMUBYINNYI TITI BROWN YAGIZWE UMWERE N’URUKIKO.

Ishimwe Thierry wamamaye cyane mu  ku izina rya Titi Brown mugisata k'imyidagaduro nk'umubyinnyi wabigize umwuga aho yagaragaye mu mashusho y'indirimbo zabahanzi bahano mu Rwanda ndetse...

Ajya ahari amafaranga! Byinshi wamenya kumutoza mushya w’ikipe ya Rayon Sport.

Kuri uyu wambere tariki 10 Nyakanga 2023 nibwo Yamen Zelfani yatangajwe nk'umutoza mushya w'ikipe ya Rayon Sport. Yamen Zelfani akomoka mugihugu cya Tunisia akaba afite...

RWANDA: Imibare y’abagabo bakoresha ibizami bya DNA mu Rwanda

Imibare ya Laboratwari y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFL), igaragaza ko mu 2022/23, abagabo 780 bakoresheje ibizamini sanomuzi bizwi...

Everton irikwifuza umukinnyi wakiniye Manchester united

Ashley young agiye gusinyira Everton nyuma y'uko amasezerano arangiye muri Aston villa Ashley young wimyaka 38 ukinira ikipe y'iguhugu yabongereza ndetse akaba yaranakoreye amateka muri...

Burna Boy nyuma yogutaramira abanyamupira kuri final ya Champions league muri America ahavuye batabishaka

"Burna Boy" akomeje kwandika amateka aho ubu abaye umunya Africa wujuje stade ya citi field stadium iherereye muri USA (America). "Burna Boy" ukomoka muri nigeria...

Davido bamuhaye umujyi wa Houston muri reta ya Texas

Umuhanzi "davido" yamaze guhabwa umunsi muri America bazajya bibucyiraho ibigwi yahakoreye ubwo yahataramiraga . Umuhanzi "David Adeleke" w'umunya wamenyekanye kwizina nyubuhanzi rya "Davido" wakoze indirimbo...

umufana yatunguranye ubwo yaragiye guha amafaranga umuhanzi kurubyiniro maze akayashyira mumyanya y’ibanga.

  Umuhanzikazi witwa Winnie Nwagi ubarizwa mu itsinda rya Swangz Avenue mu gihugu cya Uganda ubwo yarari kuririmbira abakunzi be muriyi wikendi yatunguwe numwe mubafana...

Rubavu:Yarashwe acyekwaho ubujura.

Umusore wo mu karere ka Rubavu yarashweka ninzego zumutekano zo murako karere ka Rubavu. Mu kagari ka Gikombe, mu Mumurenge wa rubavu muntara y'iburengerazuba,mu ijoro...

Umwana wumuhungu yagiye koga mu Kivu ahasiga ubuzima

Mu Kiyaga cya Kivu ku ruhande rw’Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi habonetse umurambo w’umusore uri mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko, wapfiriyemo yagiye...

Davis D akomeje kuyobora ibyamamare mugutwika imbuga noneho ibi yakoze sinz’icyo bivuze

Umuhanzi Davis D yamaze gushiraho tatto shyashya yanditseho "Mutoni A Isabella" birikuvugisha benshi. Amazina yababyeyi ni "icyishaka David" uzwi kumazina yubuhanzi ariyo "Davis D" ukunzwe nabataribacye...

Ikipe y’Abongereza ya bato begukanye igikombe ndetse basiga bakoze amateka atarakorwa nindi kipe

Ikipe yabato ya bongereza batarengeje imyaka 21 yegukanye igikombe cyuburayi (EURO) nyuma yogutsinda esipanyi (Spain). Igikombe cya EURO cyabatarengeje imyaka 21 cyimaze imyaka 45 gikinwa...

Biratangaje cyane: Leta yamaze imyaka 30 ihemba umuntu wapfuye.

Umugabo witwa Donald Felix Zampach wo muri Amerika yahishe ko nyina yapfuye imyaka isaga 30, akomeza gufata pansiyo ye. Ubwo buriganya bwatangiye mu mwaka 1990...

UMUTESI Scovia yaserutse bukumi mwijoro ryacyeye

Mwijoro ryakeye haraye hatanzwe ibihembo bya influence Awards aho Abanyamakuru bo mu Rwanda batora mugenzi wabo witwaye neza muri uwo mwaka cyangwa wagragaye mu...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us