spot_img

AMAKURURU

Umuhanzi Justin Bieber wabaye pararize igice kimwe cy’umusaya, yavuzeko akeneye ubutabazi buturuka kuwiteka

Umuhanzi w’icyamamare muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Justin Bieber aherutse gutangaza ko yafashwe n’uburwayi budasanzwe bwatumye aba pararize bituma ahagarika ibitaramo byose yagombaga...

Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sports, yibwe n’ibitotsi imodoka yari atwaye irenga umuhanda.

Munyakazi Sadate wahoze ayobora Rayon Sports, yahishuye uko yakoze impanuka Imana igakinga akaboko, ni nyuma yo gufatwa n’ibitotsi atwaye imodoka ikarenga umuhanda. Iyi mpanuka yabaye...

Ya filime yuruhererekane mwakunze Squid Game, netflix yararikiye abakunzi bayoko hagiye gusohoka igice cya kabiri.

Kuri iki Cyumweru urubuga rwerekana filime rwa Netflix, rwateguje abakunzi ba filime igice cya kabiri cya filime y’Abanyakoreya y’Epfo yakunzwe cyane “Squid Game”. Mu...

Waruziko Khaby Lame amaze kwinjiza miliyari 6 mu myaka 2 mugihe yari abayeho mubuzima busharira!

Umwaka wa 2020 niwo TikTok yigaruriye imitima ya benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga, ubwo Covid-19 yatumaga abantu bari mu ngo zabo batekereza uburyo barushaho kwidagadura...

Umunya Africa kazi yatorewe kuba umudepite mu Bufaransa nyuma yigihe kitarigito akorakazi komurugo ( umuboyi)

https://www.solo.rw/umunya-africa-kazi-yatorewe-kuba-umudepite-mu-bufaransa-nyuma-yigihe-kitarigito-akorakazi-komurugo-umuboyi/Rachel Keke yatorewe kuba umwe mu badepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa ahagarariye agace ka Val-de-Marne. Yagize amajwi 50,3% ahigika uwigeze kuba Minisitiri...

Kuberimyiteguro ya CHOGM Umumotari yaje guhitamo kurimbisha moto ye bitangaje

Umwe mu bakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali, akomeje kuvugisha benshi mubakoresha imbuga nkoranyambaga kubera uburyo yarimbishije ikinyabiziga cye. Kuri...

Perezida Paul kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa Kigali financial square inyubako y’ubucuruzi yikigo equity group ari nacyo gifite equity bank Rwanda limited

Perezida Paul kagame yashyize ibuye ry'ifatizo ahagiye kubakwa Kigali financial square inyubako yubucuruzi yikigo equity group ari nacyo gifite equity bank Rwanda limitederezida Paul...

Umunyamakurukazi wamenyekanye muri siporo mu Rwanda yambitswe Impeta

Umunyamakurukazi Clarisse Uwimana ukora ibiganiro bya Siporo mu Rwanda, yambitswe impeta n’umukunzi we amusaba kuzamubera umugore, undi amusubiza ‘Yego’. Uyu munyamakurukazi ukorera imwe muri radio...

Dore ibanga ku mugabo wifuza gushimisha by’agahebuzo umugore mu gutera akabariro

Kutabasha gushimishanya mu mibonano mpuzabitsina hagati y’abashakanye cyangwa abakundana, ni impamvu iza ku isonga mu gutuma habaho gusenya no gucana inyuma. By’umwihariko ku bagabo,...

Ferwafa yirukanye Nizeyimana FĂ©lix wari ushinzwe amarushanwa byatewe niki?

Nyuma yo guhagarika uwari Umunyamabanga Mukuru, Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, ryahagaritse uwari umukozi ushinzwe amarushanwa, Nizeyimana FĂ©lix kubera amakosa yakoze ku kibazo cya...

Umukozi wo mu rugo nyuma yigihe kitarigito yemeye ko yishe umwana w’imyaka 9

  Umukozi wo mu rugo kwa Rudasingwa Emmanuel Victor yemereye Urwego rw’Ubugenzacyaha ko ari we wishe wa mwana waho Rudasingwa Ihirwe  Davis w’imyaka 9 y’amavuko. Umuvugizi...

Eleven countries from across the world participated in the Kwibuka T20 tournament in Kigali.

The tournament which took place between 9th and 18th June comes a few days before the forthcoming Commonwealth Heads of State Meeting (CHOGM) in...

Kivu y’amajyarugu muri congo yabujije gutumiza ibicuruzwa binyuze i bunagana

Kivu y'amajyarugu muri congo yabujije gutumiza binyuze I bunagana Constant Ndima , Guverinoma y'Intara yamenyesheje abashinzwe ubukungu , abakora kuri gasutamo n'abacuruzi " ko bibujijwe...

NATO warns war could last years

NATO Secretary-General Jens Stoltenberg warns that the war in Ukraine could drag on for years and calls for the supply of more state-of-the-art weaponry to...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us