spot_img

AMAKURURU

Bizimana Djiha n’umufasha we barenda kwakira imfura yabo

Bizimana Djihad ukinira ikipe ya KMSK Deinze mu Bubiligi, n’umugore we Dalida  Simbi baritegura kwakira umwana wabo w’imfura. Nyuma y’uko Simbi umugore wa Djihad akorewe...

Umuyobozi muri zambiya yashyinguwe gakondo bitungura benshi

  Umuyobozi w’agace kitwa Ngoni muri Zambiya yashyinguwe mu isanduku ihagaritse kuko yashyinguwe yicaye aho kuryamishwa nkuko bikorwa ku bandi. Imihango yo gushyingura yatangiranye no kuvuga...

Koko bibiriya ninyanja ngari Umupasiteri yashyingiranwe n’abagore 4 ngo numwuka umutegeka

Muri RD Congo, umupasiteri yakozagashya ashyingiranwa n’abakobwa 4 b’amasugi icyarimwe ndetse asezeranya ko atazahagararira aho. Ubu bukwe budasanzwe bwizihirijwe i Bukavu, umujyi uherereye mu burasirazuba...

Perezida Kagame yagaragaje uruhande ahagazemo nyuma yuko Perezida wa DRC akomeje kugaragaza kashaka gushoza intambara ku rwanda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru wa France24 Marc Perelman i Kigali” cyibanze ku masezerano yo guhagarika umwuka mubi hagati y’u Rwanda...

Inkuru yakababaro José Eduardo dos Santos wayoboye Angola imyaka 38 yatabarutse

José Eduardo dos Santos wabaye Perezida wa Angola mu gihe cy’imyaka 38, yitabye Imana azize uburwayi. Akaba yapfiriye i Barcelone muri Espagne. Yapfiriye mu ivuriro...

Nyuma yigihe kitarigito atari mu rwanda Daniel Ngarukiye wamenyekanye mujyana ya gakondo yagarutse murwamubyaye amarangamutima aramwica asomubutaka.!

Nyuma y’imyaka irindwi umuhanzi Daniel Ngarukiye abarizwa ku mugabane w’i Burayi yatunguranye ubwo yagarukaga agasoma ubutaka bw’u Rwanda i Kanombe. Daniel Ngarukiye yageze i Kigali...

Kenneth Petty Umugabo wa Nick Minaj kurubu afungiye murugo!

Kenneth Petty umugabo wa Nick Minaj yahawe igfungo kingana n’umwaka atarenga urugo rwe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kutimenyekanisha nk’umuntu wakoze ibyaha birimo ihohoterwa...

Cristiano Ronaldo akomeje gutenguha  Manchester United

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ntazaboneka mu gice kibanza cy’uruzinduko rwa Manchester United muri Thailand,nyuma yo kuvuga ko afite ibibazo by’umuryango. Ronaldo yahawe ikiruhuko kubera impamvu z’umuryango...

Abakobwa barwanye bapfumusore barimubitaro 

Abanyeshuri ba bakobwa bo mu Kigo cya APACE giherereye mu Mujyi wa Kigali barwanye bapfa umusore bagakomeretwsanya bagejejwe mu bitaro aho bari kwitabwaho n’abaganga. Ni...

Abifuza gusimbura Boris Johnson weguye ku mirimo ye batangiye guhatana

Urugamba rwo gusimbura Boris Johnson mu Bwongereza yatangiye ,Nyuma y’aho uyu mutegetsi atangarije ko yeguye ku mirimo yo kuba minisiteri w’intebe w’Ubwongereza. Tom Tugendhat niwe...

Abe Shinzo wahoze ari minisitiri w’Intebe yarashwe ubwo yarari mubikorwa byo kwamamaza

Abe Shinzo wabaye minisitiri w’Intebe w’ubuyapani yarashwe mu rukerera kuri uyu wa Gatanu aho yari mu bikorwa byo kwamamaza. Amakuru ava mu Buyapani aravuga...

Abayisilamu bahawe itegeko rishya kubijyanye nibitambo bya 2022

Ubuyobozi bw’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) bwategetse abayisilamu bose bifuza gutanga igitambo ko bagomba kubanza gupimisha itungo mbere yo kuribaga, kandi bakabagira iryo tungo ahantu...

Dj Dizzo yavuze kwifugwarye ndetse asobanurako atajatorotse

Mutambuka Derrick wamenyekanye nka Dj Dizzo yasobanuye byinshi ku byerekeranye n’ifungwa ryamuvuzweho mu Bwongereza, yemeza ko ayo makuru ari ukuri n’uburyo byagenze kugira ngo...

Shaddyboo yateye imitoma umukunzi we  kwisabukuruye 

Umunyamideli Mbabazi Shadia wamenyekanye mu isi y’imyidagaduro mu mitoma myinshi yifurije isabukuru nziza umusore bari mu rukundo. Shaddyboo abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahanyuzwa...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us