Mu mpera z’icyumweru gishize, mu itangazamakuru ryo muri Mozambique hatangiye gucaracara amakuru avuga ko ibyihebe byigabije Intara ya Cabo Delgado, byagabye igitero mu kigo...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Cyerwa, mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma witwa Hagenimana Potient, arakekwaho gutorokana amafaranga yatanzwe n’abaturage y’ubwisungane mu kwivuza...
Bull Dogg akomeje kurakarira the Ben
Umuraperi uri mu batangije itsinda rya Tuff Gang wamenyekanye nka Bull Dogg yahishuye ko The Ben arimo kumunaniza kuburyo...
Mu Karere ka Muhanga mu Mudugudu wa Nyarucyamo III hasanzwe umugore ku muhanda yapfuye bikekwa ko ari abagizi ba nabi baba bamuteze.
Uyu mugore witwa...
Muri Pakistan haherutse kuvuka ihene yavukanye amatwi maremare kurusha izindi zimaze kubaho ku isi, ikaba ikomeje kwamamara ndetse no gutangarirwa na benshi.
Iyi hene yiswe...
Abapolisi babiri bajyanywe mu bitaro bameze nabi nyuma yo gukubitwa n’abaturage bo mu gace bakoreragamo.
Ku wa gatanu w’icyumweru gishize nibwo aba bapolisi babiri bakomerekejwe...
Muri Sri Lanka, abaturage bigaragambya basaba ko prezida w’icyo gihugu na Minisitiri w’Intebe we begura, barahiye barasizorako batazigera bava mu biro bya prezida n’ibya...
Mount Kenya University yatangije irushanwa rigamije guhemba umuntu uzabasha kwita izina hoteli iyi kaminuza yatangiye kubaka mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro.
Mu...
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 3 bari ku ipeti rya Brig. General bahabwa ipeti rya Major...
Umwana w’ingimbi bivugwa ko ari kurwana n’ubuzima bwe nyuma y’amashusho ateye ubwoba yarashwe ku mukino wo mu cyiciro cya kane muri Argentine.
Umukino wo guhangana...