spot_img

AMAKURURU

Kiyovu sport ikomeje kwereka Rayon Sports yuko Kigali bayifashe byemewe n’ amategeko. Full time Kiyovu Sports 2-1 Rayon Sports.

Imikino ibaye 6 rayon sports idakandiraho kuri Kiyovu Sports Juvenal Mvukiyehe akomeje gutanga akazi.

Amwe mumategeko icumi agenga umupira w’amaguru. Ubusanze yose hamwe ni cumi narindwi.

Buri mwaka, urwego mpuzamahanga ruyobora umupira wamaguru ruvugurura igitabo cy’amategeko, kizwi ku izina nka "Amategeko y'umukino." Aya mategeko 17 agenga ibintu byose uhereye kuburyo...

Perezida wa repuburika y’Urwanda Paul Kagame, yagize Musabyimana Jean Claude minister wa Minaloc>>>>.

Eng Musabyimana Jean Claude warumunyamabanga uhoraho wa Leta muri Minister y'ubuhinzi n'ubworozi, yagizwe minister wa minisiteri y'ubutegetsi bw'Ibihugu, Asimbuye GATABAZI J.M.V Waruwumazeho imyaka isaga...

Ibyo wamenya kumakipe abiri ari gutitiza kigari ariko afite aho akomoka hatari muri Kigali, RAYON SPORTS VS KIYOVU SPORTS.

Amateka atubwirako Rayon Sports ikomoka mu Karere ka Nyanza, Naho Kiyovu Sports igakomoka mu Karere ka Gicumbi ahazwi nka Byumba. Kiyovu Sports yashinzwe 1964, Naho...

Ibihugu 10 bifite ubudahangarwa mubya Gisirikare bitewe n’igitinyiro byifitemo kurusha ibindi.

Isi numwe mumibumbe 8 igize icyo nakwita nk'isanzure, Ikaba igizwe n'imigabane 6 ariyo Asia, Africa, North America, South America European, na Australia. Iy'imigabane igizwe...

Ukwezi kwahariwe ibikorwa by’ubukorerabushake

Urubyiruko rw'abakorerabushake bo mu murenge wa Nyamirambo,akagari ka Rugarama,bafatanyije n'ubuyobozi bw'umurenge wa Nyamirambo bakoze igikorwa cy'ubugenzuzi bwa human security. Bafatanyije n'ubuyobozi bw'umugi wa Kigali,ubuyobozi bw'umurenge,...

Abanyamakuru basiporo 10 bafana Arsenal.

Nubwo bakora ikiganiro kijyanye n'imikino rimwe na rimwe nabo banyuzamo bagafana iyobarinyuma ya kamera na micro. 1o.Ngabo Roben: Akorera Radio 1 ivugira kuri 91.1 Fm,...

Abahanzi nyarwanda bakiri bato batanga icyizere cyejo hazaza.

Umuziki w'urwanda umaze kugera ahantu burumwe wese abonako ushimishije kurusha imyaka yagiye itambuka, kuko mbere wasanganga hasoho indirimbo  zabahanzi bake kandi nabo bamaze kumenyerwa...

Minisiteri y’urubyiruko n’umuco iramenyesha urubyiruko rwifuza kuzitabira itorero ry’urungano icyiciro cya V kizaba mukuboza

ubundi iri torero riba rigamije kwigisha urubyiruko ruba mugihugu ndetse nuruba hanze indangagaciro z'umuco nyarwanda, ikindi cyakarusho nuko biga amasomo ajyanye n'umuco wo gukorera...

Ibyo wamenya kugikombe cy’isi kibura iminsi ibarirwa kuntoki kikabera muri Qatar.

Amateka agaragaza yuko igikombe cy'isi cyatangiye 1930 gikinirwa bwambere muri Uruguay, icyo gihe amakipe yakitabiraga yari cumi natatu. Uko imyaka yagiye ishira amakipe yagiye yiyongera...

IMIKINO :Tombora y’uko amakipe azahura mu cyiciro gikurikiraho cya UEFA Champions League >>>>>>

Tombola y'uko amakipe azahura mu cyiciro gikurikiraho cya UEFA Champions League, yasize Real Madrid itomboye Liverpool zahuriye ku mukino wa nyuma uheruka, PSG itombola...

BITEYE UBWOBA:Guverinoma Y’urwanda itangaje ko indege y’intambara ya Congo iguye I Rubavu bitunguranye

  Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko indege y’intambara ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yavogereye ikirere cy’u Rwanda, ndetse igwa...

Abakinnyi 10 batangiye ukwezi kwa 11 bayoboye abandi m’ubusatirizi (gutsinda ibitego byinshi) k’umugabane wu Burayi muri season 2022-2023..

10.Terem Moffi: Ni rutahizamu ukina aca kurunde rw'ibuso mwikipe ya Fc Lolient yo muri League 1 mubu France ari kumwanya wa 10 n'ibitego 9. 9.Alek...

Amagambo meza 10 wabwira umukunzi wawe mbere yuko aryama

Abahanga mu by'ubuzima bavugako, kubwira amagambo meza umukunzi wawe agiye kuryama ari ingirakamaro, arara  atekereza amagambo meza wamubwiye, akamufasha kudatekereza cyane mubyo aba yiriwemo...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us