spot_img

AMAKURURU

Lionel Messi y'atangaje inkuru yababaje abanzibe nyuma yo gutwara igikombe!   Kizigenza Lionel Messi waraye afashije Argentina kwegukana igikombe cy’isi yavuze ko atagiye gusezera mu ikipe...

Umutoza w’Ubufaransa mu gahinda kenshi yavuze ibimubangamiye mbere yoguhura n’ Argentina

Umutoza Didier Deschamps yavuze ko hari Abafaransa benshi bifuza ko Lionel Messi atwara igikombe cy’isi uyu munsi atsinze igihugu cyabo. Ibi yabivuze mu kiganiro n’abanyamakuru...

Benshi bibwirako burigikorwa kibaye kiba kidafite impamvu yacyo k’umubiri w’umuntu, uy’umunsi twabateguriye ibyiza byokwayura n’utuntu n’utundi mutamenye k’ubwonko bwa muntu.

Kwayura bifitiye umuntu akamaro, kuko bifasha ubwonko kubona umwuka bukeneye ugabanya ubushyuhe butera ibibazo mu mutwe. Ibyo byavuye mu bushakashatsi bwakozwe n’Umunyamerika Dr Olivier...

Abasore babeshya inkumi ko bazazana amazi aruko bakoze imibonano inshuro nyinshi Dore ibiranga umukobwa ufite amavangingo 

Ubushakashatsi bugaragaza ko mu mibonano mpuzabitsina, umugore unyara (uzana amavangingo) ari ingenzi cyane, kuko utanyara yandura kandi akanduza indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina mu...

Waruziko final y’igikombe cy’isi bwambere yahuje Argentine na Uruguay muri wi 1930 abasifuzi babaga bambayamakote!!

Umupira w’amaguru ni kimwe mu bihuruza amahanga, abantu bagahurira ku kibuga basabana bihera ijisho abantu 22 biruka inyuma y’umupira, iyo bigeze ku gikombe cy’Isi...

Meddy nyuma y’igihe bizwi ko yarozwe ubutazatuma asubira mumuziki agiye gusohora indirimbo nsha!!

Umuhanzi Nyarwanda umaze kwigarurira imitima ya benshi Ngabo Medard yazamuye amarangamutima ya benshi ubwo yavugaga ko agiye gusohora indirimbo nshya, ni nyuma y’igihe...

Lionel Messi yatangajeko ashobora kudakina umukino wanyuma mu cy’isi amahirwe ikomeye ya france 

Umukinnyi ukomeye w'ikipe y'igihugu ya Argentine, Lionel Messi ashobora kudakina umukino wa nyuma w'igikombe cy'isi kubera imvune. Ikipe y'igihugu ya Argentine yageze ku mukino wa...

Amasaha arabarirwa kuntoki abakunzi ba ruhago nyarwanda bakabona umukino uhuza amakipe y’ubukombe mu Rwanda: Rayon Sports VS APR Fc. Amateka atubwiriki kumande zombi?

Kuva mu 1995, APR FC na Rayon Sports zimaze guhura inshuro 93 harimo imikino ya shampiyona, igikombe cy’Amahoro n’andi marushanwa. Ni amakipe utapfa kumva...

Perezida wa Monza FC yemereye abakinnyi be agahimbazamusyi k’abakobwa bicuruza “Indaya” nibatsinda Juventus.

Silvio Berlusconi yasezeranye abakinnyi b'ikipe ayoboye ya Monza ko umwaka utaha nibatsinda AC Milan, Juventus na Inter Milan azabagurira indaya ubundi bakinezeza uko bashaka. Tariki...

Amateka atubwiriki kumakipe y’ubukombe yahuriye k’umukino wanyuma w’igikombe cy’isi kimaze iminsi itarimicye kibera muri Qatar?

Byasambye iminsi 24, imikino 62 kugirango haboneke amakipe abiri agomba guhurira k"umukino wanyuma w'igikombe cy'isi kijyeze k'umusozo kibera muri Qatar. Argentina irangajwe imbere na Lionel...

Shaddyboo yagaragaje amaranga mutima ye ubwo yabonaga umukunzi we {rebamafoto}

Mbabazi Shadia wamamaye mu myidagaduro nka Shaddyboo, yasomanye n’umusore bakundana biratinda nyuma y’uko basoje umwaka bari mu rukundo rutazira akangononwa mu bantu. Bigaragara ko yari...

Miss Croatia y’igaragaje mumpanoye afite yo gukururabagabo mugikombe cy’isi 2022

8Umunya Croatia,Ivana Knoll,wahogoje abagabo benshi kubera imyambarire ye n’uburanga,yagaragaye ku mukino w’Ubufaransa na Maroc yambaye imyenda y’umukara gusa aho kwambara amabara y’igihugu cye nkuko...

Mineduc yasobanuye uburyo bushya irikubaramo amanota buhagarariwe ninyajwi ningimbajwi kuva kuri A+ kujyera kuri F

Ministeri y’Uburezi yatangaje amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022.Abatsinze ibizamini mu bumenyi rusange ni 94,6%. Mu mashuri ya...

Lionel Messi yatangaje inkuru yinshamugongo kubafanawe

Lionel Messi yizeye ko umukino wa nyuma wo ku cyumweru uzaba ari uwa nyuma akiniye Uyu rutahizamu wa Argentine ku wa kabiri yatsinze igitego cye...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us