spot_img

AMAKURURU

Bwambere perezida wa koreya y’amajyaruguru yagaragaye muruhame arikumwe n’umwana we! Ibyo Amuvuzeho biteye ubwoba >>>>

Bwambere perezida wa koreya y'amajyaruguru yagaragaye muruhame arikumwe numwana we wumukobwa mumuhango wokumurika ibitero bya kirimbuzi muruwomuhango wari witabiriwe n'abantu batari bacye! Byatumye abantu...

Ntibisanzwe! Soma Inkuru ya wa mu miss winjiye mugisirikare ahita akorerwa ibiteye ubwoba>>>>>

Uyu mukobwa witabiriye miss Rwanda 2020 icyo gihe umushinga yarafite yari uwo gufasha abafite ubumuga bwo mumutwe  Icyo gihe ntabwo byamuhiriye kuko ntabwo yari mubakobwa...

Isi yameze amenyo umusore yishe nyina umubyara amunize,>>>Inkuru irambuye

Mu Karere ka nyarugenge mu murenge wa kimisagara mu kagali ka kamuhoza mumudugudu wa nunga umwana yishe nyina amunize murucyerera rwo kuruyu wambere!  nubwo hataramenyekana...

AGATATU IMINSI 21, IGITERANE CYO GUHINDUKA, Pastor ANTOINE RUTAYISIRE ATI, NTUSHOBORA GUHINDUKA UTABANJE GUHINDUKIRA.

Babanje kuramya no guhimbaza, twabifashijwemo na Calvary Worship Team Nyuma yaho hakurikiyeho umwigisha aho yigishyije kubijyane no guhinduka, aho avugako hari imitima ikomeye, ati Imana...

Imibare mishya y’abamaze guhitanwa n’imitingito muri Siriya na Turukiya

Imibare mishy y’abantu bishwe n’umutingito wibasiye Turukiya na Syria igeze kuri 7,800. Muri Turukiya abamaze kubarurwa bapfuye ni 5,894 naho muri Syria bageze ku 1,932. Inkuru...

Nyuma y’imyigaragambyo irimbanije ingabo za Congo zongeye gukozanyaho na M23, aho M23 ikomeje kubashinja guteza akavuyo Dore ko President wa R.D.Congo yanze kubahiriza ibyavuye...

Mu gihe kuri uyu wa kabiri imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu duce twa Masisi, n’imyigaragambyo mu mujyi wa...

Muri Siriya nyuma y’ amasaha arindwi umutingito ubaye, umubyeyi utwite yagwiriweho n’ inkuta z’ inzu aza kubyariramo umwana w’ umukobwa arangije yitaba Imana!

Nyuma y' umutingito ukomeye wibasiye Siriya na Turukiya kuwambere mugitondo umubyeyi utwite yagwiriweho n' inkuta z' inzu aza kubyariramo umwana w' umukobwa arangije yitaba...

Aho bateganya kuzashyingura Sankara ntihavugwaho rumwe hagati y’ umuryango we na leta

  Nyuma y' imyaka isaga 30 apfuye, ibisigazwa by’umubiri we, Thomas Sankara wahoze ari perezida wa Burkina Faso byitezwe ko bishyingurwa ahubatswe urwibutso rwe, ariko...

Ibihe by’ ingenzi byaranze uruzinduko rwa Papa Francis mu bihugu bibiri by’ afrika bigaragaramo umutekano muke, Republika iharanira Democrasi ya Congo na Sudan y’...

Nyuma yo kugirira uruzinduko mugihugu cya Congo, aho misa yasomye yitabiriwe n' abantu bagera kuri miliyoni ebyiri. Papa Francis yageze muriSudani y’Epfo aho yahahuriye n’umuyobozi...

Nyuma yo kumenya ko Umwarimu kazi Fran batete ari mushiki w’umunyamideri moses twahirwa uhagarariye motion fashions Reba ibyo abanyeshuri yigishije bari gukora >>>>

Nyuma y'uko hakwirakwijwe amashusho kumbuga nkoranyambaga agaragaza umunyamideri moses twahirwa uhagarariye motion fashions izwi ho gukora imyambaro igezweho ndetse no kwambika abantu benshi bakomeye...

Umva ibyo Perezida Paul kagame avuze kumpanuka y’imodoka yaritwaye abanyeshuri kicukiro rebero igakomeretsa benshi

Iyi mpanuka yabaye muri iki gitondo cyo kuri Le 09/mutarama  mu Karere ka kicukiro ubwo imodoka yo mu bwoko bwa coastal yaritway abanyeshuri bo...

Ese waruziko mubakinnyi barenga million bamaze kunyura muri champion zirenga ibuhumbi 100 abamaze gutwara igikombe cy’isi, champions league na ballor D’or ari 9 gusa;...

Uko imyaka ishira indigataha isi yunguka abanyemano bashya ukobwije nuko bukeye, muriyinkuru twabateguriye abanyemano icyenda batwaye ballon d'or, igikombe cy'isi na champions league: 9.Robert Charlton...

abarimu bakomeje kubyinira kurukoma 

 Umwaka wa 2022 wafashwemo ibyemezo bitandukanye bigamije kuzana impinduka nziza mu burezi, birimo kuzamura umushahara wa mwarimu, bamwe bavuga ko byababereye nk’igitangaza.   Ikibazo cy’umushahara w’abarimu...

Kuruyu wa gatanu shapiyona y’u Rwanda yikiciro cya mbere mu bagabo hasojwe agace kabanza karanzwe n’ibintu benshi batari biteze kuko amakipe yahabwaga amahirwe yose...

Rwanda premier league ni shapiyona y'u Rwanda itegurwa n'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA (Fédération Rwandaise de Football Association), igakinwa n'amakipe 16. Muriyi...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us