spot_img

Masakombe Guillaume

Yanditse amateka yo kuba Minisitiri w’intebe muto kandi wemera ko ari umutinganyi mu mateka y’Ubufaransa

Ku myaka 34 y'amavuko Gabriel Attal yagizwe Minisitiri w'intebe w'Ubufaransa. Attal niwe muntu ukiri muto ubashije gufata uyu mwanya mu mateka y'Ubufaransa kandi unemera...

Bitunguranye ikipe ya Liverpool yisanze mu mazi abira bigoye kwikuramo

Ikipe ya Liverpool yari yatangiye umwaka w'imikino neza ndetse kugeza ubu niyo iyoboye urutonde rwa shampiyona y'igihugu y'Ubwongereza Premier League aho mu mikino 20...

Dore impamvu idasanzwe iri gutuma abakinnyi bifuza kuva muri Saudi Arabia bakagaruka i Burayi

Muri Mutarama 2023 nibwo kizigenza Cristiano Ronaldo yavuye mu ikipe ya Manchester United maze yerekeza mu ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia. Cristiano...

Ibya Kylian Mbappe muri PSG bikomeje kuba agatereranzamba. Dore impamvu yo kujya mu yandi makipe

Buri soko ry'igura n'igurisha ry'abakinnyi rigera inkuru ari Kylian Mbappe wa Paris Saint Germain wifuzwa n'andi makipe atandukanye byumwihariko Real Madrid. No mu ntangiriro...

The Ben yatewe imitoma ku isabukuru ye zita izazo

Mu gihe hashize iminsi mike MUGISHA Benjamin wamenyekanye nka The Ben akoze ubukwe na UWICYEZA Pamella bari bamaze igihe bakundana, uyu muryango wongeye kujya...

Umuzamu mushya wa Rayon Sports yamaze gusesekara i Kigali

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri nibwo umuzamu uherutse kugurwa n'ikipe ya Rayon Sports Khadime Ndiaye w'umunya-Senegal yasesekaye i Kigali gusinyira iyi kipe...

Iperereza rirakomeje ku mukinnyi wavutse nyuma y’uko mama we apfuye

Guelor Kanga ni umukinnyi ukinira ikipe ya Red Star Belgrade inazwi kandi nka Crvena zvezda yo muri Serbia, uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati...

ARSENAL IZAKINA UMUKINO WA LIVERPOOL YAMBAYE JERSEY Z’UMWERU. IMPAMVU NI IYIHE?

Ku nshuro ya gatatu ikipe ya Arsenal izakina umukino wa FA Cup izahuramo na Liverpool yambaye imyambaro y'umweru, nyamara Arsenal isanzwe izwi ku myambaro...

JOSE MOURINHO YAHAKANYE AMAKURU YAMUVUGWAGAHO YO KWEREKEZA MURI BRAZIL

Ikipe y'igihugu ya Brazil y'umupira w'amaguru imaze igihe idafite umutoza mukuru ari nabyo byari byatumye yifuza umutoza wa Real Madrid umutaliyani Carlo Ancelotti, nyuma...

PEDRI YATANGAJE BENSHI UBWO YAKORAGA IKIPE YE Y’IBIHE BYOSE

Umukinnyi wo mu kibuga hagati w'ikipe ya FC Barcelona w'imyaka 21 y'amavuko Pedro González López ukunze kwitwa Pedri yatunguye benshi ubwo yabazwaga gukora ikipe...

BYINSHI KU KUREKA UMUZIKI BURUNDU KWA SELENA GOMEZ YABIVUZEHO

Amazina ye bwite yiswe n'ababyeyi ni SELENA MARIA GOMEZ akaba umukobwa w'imyaka 31 y'amavuko yamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye zirimo Lose you to love me,...

APR FC YATSINZE UMUKINO WAYO WA MBERE MURI MAPINDUZI CUP

Ikipe ya APR FC yitabiriye irushanwa rya Mapinduzi Cup ribera mu birwa bya Zanzibar rigategurwa n'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri ibyo birwa. APR FC niyo...

APR FC ITARIKUMWE N’UWAHOZE ARI CAPTAIN WAYO YEREKEJE MURI MAPINDUZI CUP

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2023 nibwo ikipe ya APR FC yahagurutse i Kigali yerekeza mu birwa bya Zanzibar aho igiye...

UMUTOZA CARLO ANCELOTTI YASHYIZE MU GIHIRAHIRO BRAZIL

Umutaliyani usanzwe utoza ikipe ya Real Madrid yarari kurangiza amasezerano ye muri iyi kipe ndetse byitezwe ko agomba guhita yerekeza muri Brazil gutoza ikipe...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us