Ikipe ya Liverpool yari yatangiye umwaka w'imikino neza ndetse kugeza ubu niyo iyoboye urutonde rwa shampiyona y'igihugu y'Ubwongereza Premier League aho mu mikino 20...
Muri Mutarama 2023 nibwo kizigenza Cristiano Ronaldo yavuye mu ikipe ya Manchester United maze yerekeza mu ikipe ya Al Nassr muri Saudi Arabia. Cristiano...
Buri soko ry'igura n'igurisha ry'abakinnyi rigera inkuru ari Kylian Mbappe wa Paris Saint Germain wifuzwa n'andi makipe atandukanye byumwihariko Real Madrid. No mu ntangiriro...
Mu gihe hashize iminsi mike MUGISHA Benjamin wamenyekanye nka The Ben akoze ubukwe na UWICYEZA Pamella bari bamaze igihe bakundana, uyu muryango wongeye kujya...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri nibwo umuzamu uherutse kugurwa n'ikipe ya Rayon Sports Khadime Ndiaye w'umunya-Senegal yasesekaye i Kigali gusinyira iyi kipe...
Ku nshuro ya gatatu ikipe ya Arsenal izakina umukino wa FA Cup izahuramo na Liverpool yambaye imyambaro y'umweru, nyamara Arsenal isanzwe izwi ku myambaro...
Ikipe y'igihugu ya Brazil y'umupira w'amaguru imaze igihe idafite umutoza mukuru ari nabyo byari byatumye yifuza umutoza wa Real Madrid umutaliyani Carlo Ancelotti, nyuma...
Umukinnyi wo mu kibuga hagati w'ikipe ya FC Barcelona w'imyaka 21 y'amavuko Pedro González López ukunze kwitwa Pedri yatunguye benshi ubwo yabazwaga gukora ikipe...
Amazina ye bwite yiswe n'ababyeyi ni SELENA MARIA GOMEZ akaba umukobwa w'imyaka 31 y'amavuko yamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye zirimo Lose you to love me,...
Ikipe ya APR FC yitabiriye irushanwa rya Mapinduzi Cup ribera mu birwa bya Zanzibar rigategurwa n'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri ibyo birwa. APR FC niyo...
Umutaliyani usanzwe utoza ikipe ya Real Madrid yarari kurangiza amasezerano ye muri iyi kipe ndetse byitezwe ko agomba guhita yerekeza muri Brazil gutoza ikipe...