spot_img

Masakombe Guillaume

AFCON: Umufana wafashwe yararikiye umukobwa yabisabiye imbabazi ku muryango we

Ubwo ikipe ya Côte d'Ivoire yakuragamo Senegal mu mukino wa 1/8 k'igikombe cy'Afurika hari umugabo wafashwe amashusho ubona ko yararikiye umukobwa bari bicaranye gusa...

RWANDA: Sobanukirwa ibyiciro by’Intwari z’u Rwanda

Tariki 1 Gashyantare buri mwaka u Rwanda rwihizihiza umunsi w'Intwari. Intwari z'u Rwanda zikaba zishyirwa mu byiciro 3 ari nabyo turibugarukeho muri iyi nkuru. Uyu...

Indirimbo ya Nicki Minaj ikomeje guca ibintu ku isi

Indirimbo 'Big foot' ya Nicki Minaj yaciye agahigo ko kuba indirimbo ya mbere y'umuhanzikazi yayikoranye (solo) yumviswe cyane ku rubuga rwa Spotify muri 2024. Iyi...

Umugabo yibye banki idorali 1 ngo akunde yivuze ku buntu

Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika yaremeye yiba $1 agamije gufungwa ngo abone ubuvuzi yarakeneye ku buntu. Ibi byabaye tariki 9 Kamena 2011 bikozwe...

TANZANIA: Urupfu rw’uwigeze kuba umugaba mukuru w’ingabo rwashenguye Madamu Samia Suluhu Hassan

Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yagaragaje gushengurwa bikomeye n'urupfu rwa Lt Gen (Rtd) Martin Nikusubula Mwakalindile wabaye umugaba mukuru w'ingabo wa Tanzania,...

Abakinnyi rukumbi bakiniye Real Madrid na FC Barcelona

Ntibisanzwe ko amakipe ya mbere ahaganye muri Espagne akaba namwe mu makipe akomeye ku isi Real Madrid na FC Barcelona ko abakinnyi bazikinira zombi...

FRANCE: Abahinzi bari mu myigaragambyo yamagana kudahabwa agaciro

Abahinzi bo mu Bufaransa bakoze imyigaragambyo yamagana uburyo badahabwa agaciro muri iki gihugu ndetse n'umusaruro wabo ukagurwa amafaranga make nyamara imisoro yabo ihanitse. Umwuga w'ubuhinzi...

Arteta yanyomoje ibyo gutandukana n’Arsenal avuga ko ari ibinyoma

Umutoza mukuru w'Arsenal yahakanye amakuru yavugaga ko uyu mutoza azatandukana n'iyi kipe mu mpera z'uyu mwaka w'imikino avuga ko ari ibinyoma ko ntaho ateganya...

GOMA: Abamotari baramukiye mu myigaragambyo bamagana icyemezo ubuyobozi buherutse guhata

Kubera ibibazo by'umutekano ubuyobozi bwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bwafashe icyemezo kibuza moto kugenda mu muhanda nyuma ya saa kumi n'ebyiri z'umugoroba...

MALDIVES: Abadepite bafatanye biratinda mu Nteko ishinga amatageko

Mu birwa bya Maldives bibarizwa ku mugabane w'Aziya abadepite barwaniye mu Nteko ishinga amategeko biratinda bapfa amatora yo kwemeza abaminisitiri bagomba kujya muri guverinoma...

SITTING VOLLEYBALL: Amavubi y’abagabo n’abari n’abategarugori yitabiriye Shampiyona y’Afurika muri Nigeria

Mu rukerere rwo ku wa gatandatu nibwo ikipe z'igihugu z'u Rwanda mu bagabo n'abari n'abategarugori mu mukino wa sitting volleyball zahagurutse i Kigali zerekeza...

Ubwato bwa mbere bunini ku isi butwara abantu bwatangiye urugendo

Kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama 2024 ubwato bwa ‘Icon of the Seas’ bwa mbere bunini ku isi mu gutwara abantu bwatangiye urugendo...

UMUCO: Menya amagambo yabugenewe aba agomba gukoreshwa ku mata

Burya ngo agahugu katagira umuco karacika, mu muco nyarwanda hari imvugo zabugenewe zakoreshwaga ku bintu n'abantu harimo nko ku mwami, amata, inka, igisabo n'ibindi...

Umutoza yirukanywe azira gutsinda ibitego byinshi ikipe bahanganye

Mu Butaliyani ikipe yafashe umwanzuro wo kwirukana umutoza wayo nyuma yaho atsinze ikipe bakinaga ibitego 27-0, bamwirukanye bamuziza gusebanya. Ibi byabaye tariki ya 17 Ugushyingo...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us