spot_img

Masakombe Guillaume

Umunsi wavutseho ibyamamare muri ruhago

Tariki 5 Gashyantare ni umunsi w'amateka muri ruhago kuko wavutseho ibyamamare bitandukanye byabiciye bigacika mu mateka y'umupira w'amaguru birimo Cristiano Ronaldo, Neymar Jr na...

Nyuma yo guhombera Rayon Sports yabonye ikipe nshyashya

Nyuma y'uko Rayon Sports iguze rutahizamu Eid Mugadam Abakar Mugadam gusa akaza kutayihira kuko ntamusaruro ufatika yayihaye, kuri ubu yamaze kubona ikipe nshya yo...

Platini yahaye umukoro abafana ba Manchester United barimo David BAYINGANA

Platini P yarebye umukino ikipe ya Manchester United yatsinzemo West Ham United ibitego 3-0. Ni umukino wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 4 Gashyantare...

Akomeje kugaragaza ko yihebeye Cristiano Ronaldo

Rutahizamu ukinira Manchester United Alejandro Garnacho akomeje kugaragaza uko yihebeye Critstiano Ronaldo asubiramo bumwe mu buryo yishimiraga ibitego (Celebrations). Bamwe mu bakinnyi beza babayeho mu...

Rwatubyaye mu myitozo itari iya Rayon Sports, bucece yerekeje mu yindi kipe

Myugariro akaba na kapiteni w'ikipe ya Rayon Sports yasangije abamukurikira amafoto ari mu myitozo y'indi kipe itari iyo asanzwe akinira mu Rwanda ya Rayon...

Fellaini yasezeye kuri ruhago nyuma y’imyaka 18 ari umukinnyi wabigize umwuga

Umubiligi wakinaga mu kibuga hagati Marouane Fellaini-Bakkioui wamenyekanye muri Manchester United yasezeye ku mupira w'amaguru nyuma y'imyaka 18 ari umukinnyi. Yarasigaye akinira Shandong Taishan...

Diplomat yateguje indirimbo nshya abakunzi be

Umuraperi wabiciye bigacika mu myaka ishize Diplomat yateguje abakunzi be indirimbo nshyashya izazana n'amashusho yayo. Nuur Fassasi wamenyekanye nka Diplomat mu muziki yateguje abakunzi be...

Ifoto Phil Peter yashyize hanze yarikoroje ku mbugankoranyambaga

Hashize amasaha make Phil Peter ashyize hanze ifoto arikumwe n'abahanzi nyarwanda Chriss Eazy na Kevin Kade itera urujijo benshi ari nako ikomeza guhererekanywa ku...

FERWAFA igiye gukurikirana amakosa y’imisifurire yabaye ku mukino APR FC yatsinzwemo na Police FC

Kuri uyu wa kane nibwo ikipe ya APR FC yatsinzwe na Police FC ku muniko wa nyuma w'igikombe k'Intwari ibitego 2-1. Igitego cya kabiri...

MUSANZE: Umugabo yibye inka ajya kuyihisha mu buriri ashyiraho n’inzitiramibu

Umugabo w'imyaka 29 y'amavuko wo mu karere ka Musanze arakekwaho kwiba inka y'inyana mu karera ka Gakenke akayihisha mu buriri, ubwo yabibazwaga yabiteye utwatsi...

HEROES CUP: Ukuri ku gitego cya kabiri APR FC yatsinzwe kikayibuza igikombe

Numa y'umukino wa nyuma w'igikombe k'Intwari wabaye kuri uyu wa kane tariki 1 Gashyantare (Umunsi w'Intwari z'u Rwanda) ubwo APR FC yatsindwaga na Police...

Inyundo zikoze mu ishusho y’umuneke zaciye ibintu muri Taiwan

Uruganda rwo mu Buyapani rwakoze inyundo zifite ishusho y'umuneke zica ibintu muri Taiwan ndetse zitangira gushira ku masoko kubera kugurwa cyane. Uruganda rw'ibyuma rwo mu...

NIGERIA: Umugabo yashakaga guca agahigo ku kurira igihe kinini bimuviramo ubuhumyi

Umugabo wo muri Nigeria yashatse guca agahigo ko kumara amasaha 100 arira ariko bimuviramo ingaruka zo guhuma iminota 45 nyuma y'uko yaramaze amasaha atandatu...

Gutera akabariro byabaye ingorabahizi kubera gucumbikirwa ari benshi mu nzu

Mu mudugudu wa Bunyove, akagari ka Bahungwe, umurenge wa Mudende, akarere ka Rubavu hari imiryango icumi (10) irira ayo kwarika kubera gucumbikirwa mu nzu...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us