spot_img

Masakombe Guillaume

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yeguye ku mirimo ye

Kuri uyu wa kabiri tariki 20 Gashyantare 2024, Minisitiri w'Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya congo, Jean-Michel Sama Lukonde yandikiye ibaruwa Perezida w'iki gihugu...

Umukinnyi w’imyaka 37 yafashije Manchester United y’abatarengeje imyaka 21 gutsinda Manchester City

Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere nibwo habaga umukino ukomeye muri shampiyona yo mu Bwongereza y'abatarengeje imyaka 21 warangiye Manchester United ibifashijwemo n'umukinnyi...

Tour-du-Rwanda: Umunya-Colombia yisubije agace yaherukaga gutwara muri 2020

Kuri uyu wa kabiri tariki 20 Gashyantare 2024 hakinwaga agace (Etape) ka gatatu ka Tour du Rwanda, abasiganwa bahagurukiye i Huye berekeza i Rusizi...

UBUZIMA: Pseudocyesis indwara yo kwibeshyera ko utwite

Indwara ya Pseudocyesis banita False pregnancy cyangwa phantom pregnancy (Grossesse fantôme) ni indwara aho igitsinagore kibeshyera ko cyasamye (gutwita) ndetse ibimenyetso byo gusama bikagaragara...

Bruce Melodie werekeje muri Kenya yateje impagarara hagati ya Prince Kiiz na Element

Mu gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki 19 Gashyantare 2024 nibwo Bruce Melodie yahagurutse ku kibuga k'indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe yerekeza...

Tour-du-Rwanda: Agace ka kabiri kegukanywe n’umunya-Israel, abanyarwanda byagoranye

Kuri uyu wa mbere tariki 19 Gashyantare 2024 nibwo hakinwaga isiganwa rya Tour du Rwanda agace (Etape) ka kabiri. Ni agace kahagurutse i Muhanga...

Biratangaje: Umukinnyi yishushanyijeho ikirango k’ikipe adakinira

Umukinnyi w'imyaka 28 y'amavuko Manuel Obafemi Akanji ukinira Manchester City yo mu Bwongereza yishushanyijeho ikirango k'ikipe y'igihugu ya Nigeria nyamara akinira ikipe y'igihugu y'Ubusuwisi...

Kuki Ariel Wayz yishushanyijeho inzoka ku mubiri we?

Kimwe mu bishushanyo (Tattoos) umuhanzikazi Ariel Wayz afite ku mubiri we ni inzoka iri kwiruma, benshi bibaza impamvu y'ibi gusa uyu muhanzikazi yasobanuye iby'iki...

Ibitaramo by’i Burayi bya Ariel Wayz na Juno Kizigenza byahereye he?

Imwe mu nkuru yamaze igihe mu bitangazamakuru mu mwaka ushize wa 2023 yari ibitaramo by'umuhanzikazi Ariel Wayz n'umuhanzi Juno Kizigenza bagombaga kuzakorera ku mugabane...

Tengetenge wo muri Uganda akomeje kuba ikimenyabose

Byaba bitangaje ubaye ukoresha imbugankoranyambaga kuri ubu ukaba utazi umwana wo muri Uganda uba ubyina bidasanzwe mu ndirimbo baba baririmba ngo "tenge tenge tengerere." Ubundi...

Basketball: APR BBC irerekeza muri Qatar kwitegura BAL

Nyuma yo gutwara shampiyona ya basketball mu Rwanda ikayihesha gukina imikino ya BAL 2024, ikipe ya APR BBC igiye kwerekeza muri Qatar kwitegura iyi...

Nyampinga w’u Rwanda 2009 BAHATI Grace yibarutse ubuheta

BAHATI Grace wabaye Nyampinga w'u Rwanda muri 2009 n'umugabo we MUREKEZI Pacifique nyuma y'imyaka ikabakaba itatu basezeranye bibarutse umwana wabo w'imfura w'umuhungu. Nyampinga Bahati na...

Football: Umunsi wa 21 usize bamwe mu batoza birukanywe, Police FC ikomeza kugorwa, Rayon Sports irokokera ku kagozi

Ku munsi wa 21 wa shampiyona y'u Rwanda mu mupira w'amaguru mu bagabo usize ikipe ya Gorilla FC itandukanye n'umutoza, Rayon Sports igabanyije amanota...

BASKETBALL: APR BBC, REG BBC na Patriots BBC zongeye kwitwara neza

Kuva kuri uyu wa gatanu mu nzu y'imikino (Gymnasium) yo muri Lycee de Kigali (LDK) hakinirwaga umunsi wa kabiri wa shampiyona ya Basketball mu...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us