spot_img

GITANGAZA Eric

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) yasimbuwe nyuma y’inama y’abaminisitire yateranye.

Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi. Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho Col Pacifique Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare,...

Amerika ihagurukiyemo M23 ikwiye gufatwa nk’ingabo za Congo.

Amerika ibonye KO iyi mirwano itazigera ihagarara yatangiye kugaragaza KO icyaba cyiza KO M23 nayo yakiyunze kungabo za Congo. Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump...

NESA yatangaje ko abanyeshuri bazakora ibizamini bya Leta batatuzuza ibisabwa ko ntayandi mahirwe ahari.

NESA n'ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri aho cyamenyekanishije ko nta gihe cyangwa iminsi izingerwaho ku abanyeshuri bari kwiyandikisha bazakora ibizamini bisoza icyiro cy'amashuri...

Papa Francis nyuma y’ukwezi mu bitaro agarutse guhura nabayoboke be

Mu bitaro bya Gemelli biri i Roma niho Papa Francis aho yaramazemo igihe kubera uburwayi akaba ateganya Kuri iki cyumweru ataha iwe. Uyu ni Dr...

Azanye iki ategerejweho ibingana gute,, Noe Uwimana arategerejwe nk’umukinnyi mpuzamahanga w’Amavubi.

Noe Uwimana umukinnyi wakabaye warifashishijwe ku mukino wa Nigeria birangiye ibyagoranaga KO yakabaye ahari bikemuwe na FERWAFA. Umukinnyi Uwimana w’imyaka 20, akinira Virginia Tech Hokies...

M23 yafashe akandi gace kabarizwamo ubucuruzi bwinshi kd ibamo Ibirombe by’amabuye y’agaciro.

M23 ikomeje kwagura imbago yerekeza mu mujyi wa Kinshasa kandi ikomeje no kwigwizaho ahantu hafite byinshi bya agaciro kuri Congo Imwe mu centre yegereye aho...

Minisitire wa Siporo mu Rwanda yasabye byinshi Amavubi ko uyu mukino bafite kwimana igihugu.

Kuri uyu wa Kane tariki 20 Werurwe 2025, nibwo Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yasuraga Amavubi mu myitozo ya nyuma yitegura uyu mukino uzaba...

Kinshasa: Abahunze M23 kurugamba batangiye kubiryozwa.

Dore aho bigereje Leta ya Congo yahisemo kubishyira mumuhezo ngo hatagira ubangamira urubanza ngo kuko ibitego baregwa biremereye. Urukiko Rukuru rwa Gisirikare i Kinshasa rwemeje,...

FĂ©lix Tshisekedi yagaragaje ko amakiriro yose ayateze kuri Amerika.

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko ateze amakiriro ku masezerano y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yemereye Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mu...

Breaking News: Ingendo zo gutaha kw’abanyeshuri biga bacumbikirwa.

Kuri uyu wa Kane tariki 20 Werurwe 2025 nibwo Nesa yashyize hanze itangazo ryerekana ko izi ngendo zizatangira tariki 03 Mata zikarangira ku ya...

Impamvu zirenga 5 zikwemeza kuza kureba Amavubi kumunsi wejo.

Kuyobora itsinda kw'Amavubi bisobanuye byinshi kandi bikaba bitanga n'akazi katoroshye ku makipe bari kumwe mu itsinda. Kuri uyu wa Gatanu Saa kumi n'ebyiri ni bwo...

Breaking News: Hakiboneka agahenge M23 yanze kuryama ifata akandi gace.

Namutuzo uzabonaka mugihe M23 ikomeje kwigarurira uduce twa Congo. Ihuriro AFC/M23 ryafashe umujyi wa Walikale w’Intara ya Kivu ya Ruguru ku mugoroba wo kuri uyu...

The Ben na Pamella bibarutse imfura yabo.

Ubwo Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, hahita hatangazwa n’amazina bamwise. Ni amakuru dukesha ikinyamakuru cyitwa Igihe,...

Amashusho yuko Amavubi yinjije ibitego ikipe ya Nigeria – Video, Photo

Ni umukino wari usobanuye byinshi kuri Amavubi gusa byose byari guterwa nuko Libya yari kwitwara mu gihe yari butsinde. Umukino warangiye Amavubi atsinze ibitego 2-1,...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us