spot_img

Irinatwe igitangaza Eric

Umuyobozi mukuru w’igihugu Perezida Paul Kagame avuze ko amateka y’u Rwanda yamubereye ishuri nawe akayabera umunyeshuri mwiza

Kuri uyu wa kane mu ikiganiro Perezida w'u Rwanda yagiranye n'umuyobozi w'ikigo Milken Institute, Richard Ditizio cyabereye muri singapore aho hagarutswe ku amateka ndetse...

Mumyaka mike cyane byagaragaye ko abahanzi nyarwanda batinye ihangana muri muzika n’abana bakizamuka.

Umuziki nyarwanda ndetse n'iterambere ry'uyu muziki bigirwamo uruhare n'itangazamakuru ryo mu Rwanda kandi benshi uko bawutangira siko bawutindamo kuko bigaragara ko hari abagenda bavukamo...

Uwo bita Niyo Bosco agarutse ari ku rwego rwo kuba atakongera kuririmba indirimbo z’ibishegu.

Umuhanzi w'umunyarwanda uzwi cyane ku indirimbo zitandukanye muri uyu mwuga witwa NIYO Bosco uzwi ku indirimbo nka Urugi, Imbabazi, Ubigenza, Piyapuresha ute n'izindi nyinshi...

Niki umuyobozi wa Rayon Sport wasezeye yarabamariye mugihe kijya kugera kumyaka ine(4)

Umuyobozi wa Rayon Sport witwa Jean Fidele Uwayezu waruyobaye iyi ekipe ayibereye Perezida akaba yarayisezereye mu rwego rwo kwegura bivugwa ko abitewe n'uburwayi kandi...

Ase nibitambo bingana iki byasabye Bruce Melody kugirango agere aho ageze ubu?

Umwite Bruce Melody cyangwa umwite Itahiwacu Bruce amazina yiswe n'ababyeyi akaba yaravukiye mukagali ka Kamashashi umurenge wa Nyarugunga akarere ka Kicukiro ahazwi nk'i Kanombe...

Impinduka mu inzego z’ubuyobozi bw’igihugu cy’u Rwanda kuba Minisitiri

Kuri uyu wa 11 Nzeri 2024 nibwo Nyakubahwa yashyizeho abayobozi bashya kunzego zitandukanye harimo uburezi, isanzure ndetse n'umunyamabanga muri minisiteri ya siporo. Aha hagaragaye ko...

Byari ibyishimo kubanyarwanda kunshuro zigera kuri enye ihangana na Nigeria akakageni

Ni umukino hagati yu Rwanda ndetse na Nigeria mu irushanwa rya Africa cup of national Morocco 25 Qualifiers (AFCON Q 2025) Nyuma yo kunganya na...

Mbega Scovia Umutesi ibyo akoreye muri RIB bizatuma benshi barushaho kumenya byinshi.

Umutesi Scovia umunyamakuru wabigize umwuga uherutse gusezeza B&B akaba yiyemeje kwikorera, akaba atangiriye kukumenya ibijyanye nibibazo biri kubera kumbuga nkoranyambaga harimo amakimbirane ari hagati...

Nyuma yigihe kinini ubuzima bugoye kandi bwikerekezo, kakooza nkurizi charles (KNC)

Uyu ni umugabo KNC Kakooza Nkurizi Charles utarigeze yandika ibaruwa isaba akazi akaba yarabayeho umuhanzi kandi akaba ari numwanditsi mwiza ndetse n'umukinnyi mwiza wa...

Mama urwagasabo Umutesi Scovia mumarira menshi nibwo yagaragara nk’umunyantege nke gusa ahitamo gusezera ikinyamakuru yakoreraga nkabandi bose.

Umunyarwandakazi kandi akaba nimpirimbanyi y'imibereho myiza yumuturage ndetse akaba ari umubyeyi uharanira ikiza Umutesi Scovia uzwi kukazina ka mama urwagasabo Ni umunyamakuru wakoreraga B&B (ikinyamakuru)...

kugenda kwa Anitha Pendo asezeye rba biravugwa ko bifitwemo uruhare na Sandrine Isheja nawe umaze kuva kuri Kiss Fm.

Nyuma y'igihe gito umunyamakuru wakoraga kuri radiyo Kiss FM agizwe umukuru wa RBA ariwe witwa Isheja Sandrine biravugwa ko ashobora kuba ariwe mpamvu yo...

ahereye kuri Bruce Melody abishyira hanze gusa ngo ntiyahunze igihugu ahubwo yahunze agatsiko

Yago_Pon_Dat nyuma y'inkuru zimaze igihe gito yatangaje ko yaramaranye imyaka ine 4 aka gahinda yatewe n'agatsiko kaba promoter ndetse nabanyamakuru benshi aho yagarutse kuri...

guhunga igihugu kwa yago_pon_dat gusa ngo sabasize nkimfubyi asize abatayemo

ubwo hari hamaze igihe kinini hari kutumvikana hagati ya Yago_pon_dat kubijyanye na showbizz hamwe na Fatakumavuta, Dumba ndetse nabandi nibwo Yago yahisemo guhunga igihugu...

umukinnyi w’umwongereza Prinde Ibeh amaze gusinyira Patriots BBC.

umusore w'umwongereza umaze kugira ubwenegihugu butandukanye ubu akaba afite ubwenegihugu cy'u Rwanda akaba amaze gusinyira ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda, akaba ayigarutsemo...

- A word from our sponsors -

spot_img

Follow us