spot_img

Israel Mbonyi yerekeje muri Canada aho agiye gukorera ibitaramo bizagera mu Mijyi itandukanye y’icyo gihugu, anateguza abo muri Australia ko nabo azabataramira.

  1. Mu ijoro ryo ku wa 14 Nzeri 2022 nibwo Israel Mbonyi yahagurutse i Kigali yerekeje muri Canada aho afite ibitaramo bitandukanye bizamara ukwezi.
    Byitezwe ko igitaramo cya mbere azagikorera mu Mujyi wa Edmonton ku wa 16 Nzeri 2022 mbere yo kongera kuhataramira ku wa 17 Nzeri 2022.
  2. Ku wa 24 Nzeri 2022 uyu muhanzi azataramira mu Mujyi wa Winnipeg akomereze i Vancouver ku wa 1 Ukwakira 2022.
    Ku wa 8 Ukwakira 2022, Israel Mbonyi azataramira i Montreal asoreze ibitaramo bye mu Mujyi wa Ottawa ku wa 9 Ukwakira 2022.
    Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga Israel Mbonyi yasohoye kandi integuza y’ibitaramo ateganya gukorera mu mijyi yo muri Australia nka Adelaide, Melbourne, Sydney, Brisbane naPert

Check out other tags:

Most Popular Articles