spot_img

Amafoto: Anita pendo bamusabye kuzenguruka Umujyi wose yambaye uko yavutse ngo bamuhe amafaranga asaga miriyari 100!!! Umva uko abasubije >>>>>

Ni mukiganiro cyo kuri Radio ikorera mu Rwanda yitwa magic fm Ndeste ikaba ariy’iy’ikigo k’igihugu cy’itangazamakuru “RBA” ikaba itangaza amakuru mu buryo bw’amajwi

Iki kiganiro gikorwa na Anita pendo ndetse n’uwitwa japhet akaba ari n’umunyarwenya wamamaye cyane hano mu gihugu Ndeste akaba ari no mubakunzwe cyane  muruhando rw’imyidagaduro cyane hano mu Rwanda no hanze ya rwo

Umunyamakuru Anita pendo yabanje kubaza japhet niba baramutse bamuhaye amafaranga asaga miriyoni ijana z’amadorari ($100,000,000) nukuvuga  asanga miriyari ijana z’amanyarwanda

Japhet yasubuje ko amafaranga yayemera ariko nyuma aza kubihakana  avuga ko cyeretse hatarimo kwerekana Imyanya y’ibanga Ndeste hatarimo no gufotora

Anitha pendo we yirinze kugira icyo abivugaho ariko rimwe agashaka kumvikanisha ko biramutse bibaye ngombwa ko amafaranga yayemera kubera bwinshi bwayo.

 

 

 

Check out other tags:

Most Popular Articles