Azanye iki ategerejweho ibingana gute,, Noe Uwimana arategerejwe nk’umukinnyi mpuzamahanga w’Amavubi.

122

Noe Uwimana umukinnyi wakabaye warifashishijwe ku mukino wa Nigeria birangiye ibyagoranaga KO yakabaye ahari bikemuwe na FERWAFA.

Umukinnyi Uwimana w’imyaka 20, akinira Virginia Tech Hokies kuva muri Nyakanga 2023 ubwo yayigeragamo avuye muri Philadelphia Union.

Uku guhamagarwa kwe si ubwa mbere kuko mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi kuko yaherukaga mu Ugushyingo 2023.

Mu nkuru dukesha IGIHE bivugwa ko yari yahamagawe kandi muri Kamena uwo mwaka hitegurwa umukino wa Mozambique, ariko yahise asubira iwabo muri Amerika akoze imyitozo inshuro imwe kuko yahise avunika.

Ibi bihundura byinshi kuri Omborenga Fitina wa Rayon Sports na Uwumukiza Obed wa Mukura Victory Sports, wahamagawe nyuma asimbura Byiringiro Jean Gilbert wavunitse, ni bo bakina ku ruhande rw’iburyo bari mu Ikipe y’Igihugu iri kwitegura Lesotho.