Umwana wari ibyiringiro rya basketball y'u Rwanda Kabano Kenrik yitabye Imana afite imyaka 18 azize impanuka y'imodoka hamwe na mama we umubyara, Kabano Rosine i Texas muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.
Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa mbere tariki 20 Mata 2026.
Mu butumwa se wa Kabano Kenrik, Mike Kabano yashyize ku rubuga rwe rwa X yagize ati,"Ku nshuti n'umuryango, Rosine Imana yamuhamagaye, hamwe n'umuhungu wacu w'imfura, Kenrik. Urumuri rw'umugore wange n'umwana wange bizahora mu mitima yacu iteka. Mudusengere."
Kabano yavutse muri 2008, avukira Ohio muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ndetse ni naho yigaga, yendaga no gusoza amasomo ye.
Kabano yakiniye ikipe y'igihugu y'u Rwanda ya basketball mu bakiri bato, yari umwe mu...
Ikipe ya Bayern Munich y'umutoza Vincent Kompany yegukanye igikombe cya Shampiyona y'umupira w'amaguru mu Budage, Bundesliga, ku nshuro ya 35 mu mateka yayo nyuma...
Nyuma yo kwitwara neza mu mikino y'amatsinda ya BAL 2026 ikazamuka iyoboye itsinda rya Kalahari, ikipe ya RSSB Tigers yasubukuye imikino ya Shampiyona yitwara...
Ikipe ya Coventry itozwa n'umunyabigwi wa Chelsea Frank Lampard yazamutse mu cyiciro cya mbere cya Shampiyona yo mu Bwongereza, English Premier League nyuma y'iminsi...