Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026.
Mu byiciro by'ingimbi, mu batarengeje imyaka 11 u Rwanda rwatsinzwe...
Umunyarwandakazi Imanizabayo Emeline yanditse amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere ubaye uwa mbere bikamuhesha umudari wa zahabu mu mikino ya African Senior Athletics Championships iri kubera i Accra muri Ghana.
Imanizabayo w'imyaka 30 yegukanye...
Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026.
Mu byiciro by'ingimbi, mu batarengeje imyaka 11 u Rwanda rwatsinzwe na Brazil ibitego 3-0 ku mukino wa nyuma naho mu batarengeje imyaka 13 u Rwanda rutsindwa n'Ubufaransa ibitego 2-1 ku mukino wa nyuma.
Umunyarwanda Ineza Ange Landry yegukanye igihembo cy'umukinnyi wahize abandi mu gutsinda ibitego byinshi nyuma yo gutsinda ibitego 17 mu cyiciro cy'abatarengeje imyaka 13.
Mu cyiciro cy'abangavu, u Rwanda rwabashije kwegukana umwanya wa 3 mu batarengeje imyaka 15 nyuma yo gutsinda Ubufaransa kuri penaliti 3-1, nyuma y'uko umukino wari warangiye amakipe yombi anganyije 0-0.
Aya marushanwa ahuza...
Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026.
Mu...
Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026.
Mu byiciro by'ingimbi, mu batarengeje imyaka 11 u Rwanda rwatsinzwe...
Amakipe y'u Rwanda ntiyahiriye mu marushanwa y'amarerero ya Paris Saint Germain yaberaga i Paris mu Bufaransa kuva ku wa gatandatu tariki 9 Gicurasi 2026.
Mu...
Umunyarwandakazi Imanizabayo Emeline yanditse amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere ubaye uwa mbere bikamuhesha umudari wa zahabu mu mikino ya African Senior Athletics Championships...
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Burayi, UEFA, ryatangaje abasifuzi bazayobora umukino wa nyuma wa Champions League uzahuza Arsenal na Paris Saint Germain tariki 30 Gicurasi...