spot_img

AMAKURUMASHYA

FERWAFA yashyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kwiyamamariza gukomeza kuyobora FIFA

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko rishyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kongera kwiyamamariza kuyobora Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, muri manda ya 2027 izageza muri 2031. Amatora ya Perezida wa...

Gen Mubarak Muganga yasuye APR FC mbere yo gucakirana na Rayon Sports

Kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2026, umuyobozi w'icyubahiro wa APR FC, Gen Mubarak Muganga yasuye iyi kipe mu myitozo i Shyorongi aganiriza abakinnyi mbere yo guhura n'ikipe ya Rayon Sports muri...

FERWAFA yashyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kwiyamamariza gukomeza kuyobora FIFA

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko rishyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kongera kwiyamamariza kuyobora Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, muri manda ya 2027 izageza muri 2031. Amatora ya Perezida wa FIFA ateganyijwe tariki 18 Werurwe 2027 i Rabat muri Maroc, mu nteko rusange ya FIFA izahabera. FERWAFA yavuze ko impamvu yo gushyigikira Gianni Infantino ari uko mu gihe cy'ubuyobozi bwe umupira w'amaguru wageze ku iterambere rigaragara, ukagaragaramo gukorera mu mucyo, no gutanga amahirwe angana kuri bose. FERWAFA yakomeje ivuga ko yizera ko gukomereza mu cyerekezo cya Gianni Infantino ari ingenzi cyane mu guhangana n’ibibazo n’amahirwe biri imbere mu mupira w’amaguru, ndetse no gukomeza gushimangira impinduka ziri gukorwa ubu. FERWAFA...

FERWAFA yashyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kwiyamamariza gukomeza kuyobora FIFA

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko rishyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kongera kwiyamamariza kuyobora Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, muri...

Check out other categories:

FERWAFA yashyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kwiyamamariza gukomeza kuyobora FIFA

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko rishyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye...

FERWAFA yashyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kwiyamamariza gukomeza kuyobora FIFA

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko rishyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kongera kwiyamamariza kuyobora Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, muri manda ya 2027 izageza muri 2031. Amatora ya Perezida wa...

AMAKURU YARANZE ICYUMWERU

AMATANGAZO

FERWAFA yashyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kwiyamamariza gukomeza kuyobora FIFA

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko rishyigikiye kandidatire ya Gianni Infantino ugiye kongera kwiyamamariza kuyobora Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku Isi, FIFA, muri...

Gen Mubarak Muganga yasuye APR FC mbere yo gucakirana na Rayon Sports

Kuri uyu wa kane tariki 30 Mata 2026, umuyobozi w'icyubahiro wa APR FC, Gen Mubarak Muganga yasuye iyi kipe mu myitozo i Shyorongi aganiriza...

Uganda: Okello yakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica abana bane

Urukiko Rukuru muri Uganda ruherereye mu murwa mukuru, Kampala rwakatiye igihano cy'urupfu Okello Christopher Onyum nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abana bane b'incuke...

Bidasubirwaho imwe mu makipe yo mu Rwanda izakina umukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026 bwa mbere mu mateka

Mu buryo budasubirwaho, hagati ya REG VC na Police VC zombi zo mu Rwanda hazagira ikipe imwe ikina umukino wa nyuma w'imikino nyafurika ihuza...

Perezida w’u Rwanda Kagame yitabiriye umukino Atletico Madrid yaguyemo miswi na Arsenal

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye umukino ubanza wa 1/2 cya UEFA Champions League warangiye Atletico Madrid inganyije na Arsenal igitego...