Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga ari we Erik ten Hag yamaze kwirukanwa kubwo umusaruro...
REG VC na EAUR VC zabonye intsinzi ku munsi wa kabiri wa shampiyona y'u Rwanda ya volleyball mu bagabo zitsinze RP Ngoma College na RP College na Gisagara VC.
Kuri uyu wa gatandatu tariki...
Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga ari we Erik ten Hag yamaze kwirukanwa kubwo umusaruro mubi yaheshaga iyi ekipe.
Manchester United yanashimangiye ko ikipe igiye gusigaranwa na Ruud van Nistelrooy mu gihe umutoza agishakishwa.
Itangazo ryayo rikomeza riti “Ruud van Nistelrooy azafata ikipe nk’Umutoza Mukuru w’agateganyo, afatanyije n’abatoza basanzwe mu gihe umutoza mukuru w’igihe kirekire akiri gushakishwa.’’
Uyu Erik ten Hag asize ekipe ya Manchester United ku mwanya wa 14 muri Shampiyona y’u Bwongereza. Kuva umwaka w’imikino watangira, Manchester United yatsinze imikino ine gusa muri 14 yakinnye.
Erik ten Hag yagizwe Umutoza Mukuru wa Manchester...
Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga...
Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga ari we Erik ten Hag yamaze kwirukanwa kubwo umusaruro...
Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga...
Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru muri Afurika, CAF, yafashe umwanzuro wo gutera mpaga ikipe y'igihugu ya Libya ku mukino yarifitanye na Nigeria mu gushaka itike y'Igikombe...