Umugande Ronald Sskekiganda ukinira APR FC yapfushije nyina umubyara, Kyakuwa Caroline witabye Imana kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nyakanga 2025.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 26 Nyakanga 2025 nibwo haramutse...
Umukinnyi wo mu kibuga hagati w'umunya-Argentine, Rodrigo De Paul w'imyaka 31 y'amavuko yamaze kwerekeza mu ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika avuye muri Atletico Madrid yo muri Espagne.
Rodrigo De...
Umugande Ronald Sskekiganda ukinira APR FC yapfushije nyina umubyara, Kyakuwa Caroline witabye Imana kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nyakanga 2025.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 26 Nyakanga 2025 nibwo haramutse inkuru y'inshamugongo ko umubyeyi wa Ronald Ssekiganda ukinira APR FC n'umuvandimwe we Sharif Ssengendo ukinira KCCA FC, Kyakuwa Caroline yitabye Imana.
Biteganyijwe ko uyu mubyeyi ashyingurwa kuri uyu wa gatandatu saa kumi z'umugoroba ku isaha ya Uganda i Kakooge mu karere ka Nakasongola.
Muri Mutarama 2025 nibwo APR FC yaguze Ronald Ssekiganda wari kapiteni wa SC Villa gusa yaje muri iyi kipe y'Ingabo z'u Rwanda muri iyi mpeshyi nyuma y'uko shampiyona zari zirangiye.
Ssekiganga ukina mu kibuga hagati yugarira...
Umugande Ronald Sskekiganda ukinira APR FC yapfushije nyina umubyara, Kyakuwa Caroline witabye Imana kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nyakanga 2025.
Mu gitondo cyo kuri...
Umugande Ronald Sskekiganda ukinira APR FC yapfushije nyina umubyara, Kyakuwa Caroline witabye Imana kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nyakanga 2025.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 26 Nyakanga 2025 nibwo haramutse...
Umugande Ronald Sskekiganda ukinira APR FC yapfushije nyina umubyara, Kyakuwa Caroline witabye Imana kuri uyu wa gatanu tariki 25 Nyakanga 2025.
Mu gitondo cyo kuri...
Umukinnyi wo mu kibuga hagati w'umunya-Argentine, Rodrigo De Paul w'imyaka 31 y'amavuko yamaze kwerekeza mu ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe...
Ku wa kane tariki 24 Nyakanga 2025 nibwo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yashyizeho Abaminisitiri, Abanyamabanga ba Leta n'abandi bayobozi Bakuru...
Ikipe ya East Africa University Rwanda (EAUR) yatsinze Inspired Generation mu mukino wa gatatu wa kamarampaka amanota 107-59.
Kuri uyu wa kabiri nibwo muri Petit...