Kuri uyu wa gatandatu tariki 29 Werurwe 2025 hateganyijwe umukino wa mbere wa nyuma wa kamarampaka (Playoffs) hagati ya APR VC na Police VC muri Petit Stade i Remera.
Uyu mukino uratangira saa mbiri...
Ikipe ya volleyball y'abagore y'Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Imisoro n'Amahoro (RRA WVC) yikuye mu makipe yagombaga kwitabira imikino ya nyuma y'igikombe cy'Afurika gihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo, African Club Championship kubera ibibazo by'imvune.
African Club Championship y'uyu mwaka izabera muri Nigeria kuva tariki 3-15 Mata 2025.
U Rwanda rwari guhagararirwa n'amakipe atatu mbere y'uko RRA yikura muri iri rushanwa, andi makipe yagiye guhagararira u Rwanda ni Police WVC na APR WVC, aya makipe yombi yaraye ahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Nigeria mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere tariki 31 Werurwe 2025.
Umuyobozi wa RRA WVC, Uwitonze Jean Paulin yavuze ko icyatumye iyi kipe ititabira imikino y'igikombe cy'Afurika ari ukubera imvune ifite.
Yagize...
Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi.
Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho Col Pacifique Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare,...
Amerika ibonye KO iyi mirwano itazigera ihagarara yatangiye kugaragaza KO icyaba cyiza KO M23 nayo yakiyunze kungabo za Congo.
Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump...