spot_img

AMAKURUMASHYA

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) yasimbuwe nyuma y’inama y’abaminisitire yateranye.

Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi. Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho Col Pacifique Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, umwanya yashyizweho muri Gicurasi 2024, mu mpinduka Perezida Kagame...

Amerika ihagurukiyemo M23 ikwiye gufatwa nk’ingabo za Congo.

Amerika ibonye KO iyi mirwano itazigera ihagarara yatangiye kugaragaza KO icyaba cyiza KO M23 nayo yakiyunze kungabo za Congo. Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump mu karere k’ibiyaga bigari Dr. Ronny yatangaje nyuma y’uruzinduko...

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) yasimbuwe nyuma y’inama y’abaminisitire yateranye.

Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi. Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho Col Pacifique Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, umwanya yashyizweho muri Gicurasi 2024, mu mpinduka Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yakoze mu nzego zitandukanye za gisirikare. Col (Rtd) Jeanot Ruhunga yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa RIB muri Mata 2018, ubwo Perezida Kagame yashyiragaho abayobozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (Rwanda Investigation Bureau -RIB). Bimwe mu bindi by’ingenzi byemejwe n’Inama y’Abaminisitirini ibijyanye na gahunda yo guteza imbere inganda, kunoza imitangire ya serivisi no guhanga ibishya hagamijwe kwihutisha iterambere ry’Igihugu.

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) yasimbuwe nyuma y’inama y’abaminisitire yateranye.

Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi. Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho Col Pacifique Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare,...

Check out other categories:

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) yasimbuwe nyuma y’inama y’abaminisitire yateranye.

Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi. Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho...

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) yasimbuwe nyuma y’inama y’abaminisitire yateranye.

Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi. Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho Col Pacifique Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, umwanya yashyizweho muri Gicurasi 2024, mu mpinduka Perezida Kagame...

AMAKURU YARANZE ICYUMWERU

AMATANGAZO

Amerika ihagurukiyemo M23 ikwiye gufatwa nk’ingabo za Congo.

Amerika ibonye KO iyi mirwano itazigera ihagarara yatangiye kugaragaza...

Birasaba iki ngo Amavubi azajye mu Gikombe cy’Isi cya 2026?

Nyuma y'umunsi wa 5 n'uwa 6 w'imikino y'amatsinda yo...

NESA yatangaje ko abanyeshuri bazakora ibizamini bya Leta batatuzuza ibisabwa ko ntayandi mahirwe ahari.

NESA n'ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri aho cyamenyekanishije...

Madederi yasezeranye imbere y’amategeko

Dusenge Clenia wamenyekanye muri sinema nyarwanda nka Madederi yasezeranye...

Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) yasimbuwe nyuma y’inama y’abaminisitire yateranye.

Imyanzuro yavuye mu nama yateranyije abaminisitire yasize impinduka mubuyobozi. Bimwe mu myanzuro cyangwa impinduka zabayeho Col Pacifique Kabanda yari asanzwe ari Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare,...

Amerika ihagurukiyemo M23 ikwiye gufatwa nk’ingabo za Congo.

Amerika ibonye KO iyi mirwano itazigera ihagarara yatangiye kugaragaza KO icyaba cyiza KO M23 nayo yakiyunze kungabo za Congo. Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump...

Birasaba iki ngo Amavubi azajye mu Gikombe cy’Isi cya 2026?

Nyuma y'umunsi wa 5 n'uwa 6 w'imikino y'amatsinda yo gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026, amahirwe y'u Rwanda yo kubona itike yahise ayoyoka kuko...

NESA yatangaje ko abanyeshuri bazakora ibizamini bya Leta batatuzuza ibisabwa ko ntayandi mahirwe ahari.

NESA n'ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri aho cyamenyekanishije ko nta gihe cyangwa iminsi izingerwaho ku abanyeshuri bari kwiyandikisha bazakora ibizamini bisoza icyiro cy'amashuri...

Madederi yasezeranye imbere y’amategeko

Dusenge Clenia wamenyekanye muri sinema nyarwanda nka Madederi yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we Rugamba Faustin wamenyekanye mu makipe atandukanye y'umupira w'amaguru mu Rwanda. Umuhango wo...