spot_img

AMAKURUMASHYA

Kwamamaza

spot_img

Icyo bita ikubagahu kuri Erik ten Hag watozaga Manchester United yirukanwa.

Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga ari we Erik ten Hag yamaze kwirukanwa kubwo umusaruro...

Volleyball: Gisagara VC yatunguwe, REG VC ibona intsinzi 

REG VC na EAUR VC zabonye intsinzi ku munsi wa kabiri wa shampiyona y'u Rwanda ya volleyball mu bagabo zitsinze RP Ngoma College na RP College na Gisagara VC. Kuri uyu wa gatandatu tariki...

Icyo bita ikubagahu kuri Erik ten Hag watozaga Manchester United yirukanwa.

Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga ari we Erik ten Hag yamaze kwirukanwa kubwo umusaruro mubi yaheshaga iyi ekipe. Manchester United yanashimangiye ko ikipe igiye gusigaranwa na Ruud van Nistelrooy mu gihe umutoza agishakishwa. Itangazo ryayo rikomeza riti “Ruud van Nistelrooy azafata ikipe nk’Umutoza Mukuru w’agateganyo, afatanyije n’abatoza basanzwe mu gihe umutoza mukuru w’igihe kirekire akiri gushakishwa.’’ Uyu Erik ten Hag asize ekipe ya Manchester United ku mwanya wa 14 muri Shampiyona y’u Bwongereza. Kuva umwaka w’imikino watangira, Manchester United yatsinze imikino ine gusa muri 14 yakinnye. Erik ten Hag yagizwe Umutoza Mukuru wa Manchester...

Icyo bita ikubagahu kuri Erik ten Hag watozaga Manchester United yirukanwa.

Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga...

Check out other categories:

Icyo bita ikubagahu kuri Erik ten Hag watozaga Manchester United yirukanwa.

Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe...

Icyo bita ikubagahu kuri Erik ten Hag watozaga Manchester United yirukanwa.

Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga ari we Erik ten Hag yamaze kwirukanwa kubwo umusaruro...

AMAKURU YARANZE ICYUMWERU

AMATANGAZO

spot_img

Volleyball: Gisagara VC yatunguwe, REG VC ibona intsinzi 

REG VC na EAUR VC zabonye intsinzi ku munsi...

CAF yateye mpaga Libya ku mukino yarifitanye na Nigeria

Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru muri Afurika, CAF, yafashe umwanzuro wo...

Icyo bita ikubagahu kuri Erik ten Hag watozaga Manchester United yirukanwa.

Ni kuri uyu wa mbere nibwo inkuru zasohotse kumbuga zitandukanye aho iyi nkuru yananyujijwe ku rubuga rwa Manchester United ivuga ko uyu mutoza wayitozaga...

Volleyball: Gisagara VC yatunguwe, REG VC ibona intsinzi 

REG VC na EAUR VC zabonye intsinzi ku munsi wa kabiri wa shampiyona y'u Rwanda ya volleyball mu bagabo zitsinze RP Ngoma College na...

Volleyball: Kepler WVC na RRA WVC zitwaye neza ku munsi wa kabiri wa shampiyona

RRA WVC na Kepler WVC zitwaye neza ku munsi wa kabiri wa shampiyona y'u Rwanda ya volleyball mu bari n'abategarugori zitsinda EAUR WVC na...

CAF yateye mpaga Libya ku mukino yarifitanye na Nigeria

Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru muri Afurika, CAF, yafashe umwanzuro wo gutera mpaga ikipe y'igihugu ya Libya ku mukino yarifitanye na Nigeria mu gushaka itike y'Igikombe...

Urukumbuzi rwinshi ku umuhanzi nyarwanda umaze imyaka 2 atabarutse hakaba hasohowe igihangano cye gishya.

Ni umuhanzi Burabyo Dushime Yvan wamamaye nka Yvan Buravan watabarutse ku wa 17 kanama  2022 aguye mu bitaro byo mu Buhinde aho yari yaragiye...